skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Frank Lampard yatangaje abakinnyi 4 bamukoze ku mutima mu mukino wa Super Cup yatsinzwemo na Liverpool

Umutoza mushya wa Chelsea Frank Lampard yavuze ko nubwo ikipe ye yatsindiwe kuri penaliti na Liverpool mu guhatanira igikombe cya Super Cup ariko abakinnyi be bose bitwaye neza by’umwihariko Mason...
15 August 2019 Yasuwe: 5391 0

Robertinho yahaye isezerano abakunzi ba Rayon Sports mbere yo gusubira muri Brazil

Uwari umutoza wa Rayon Sports,Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho yabwiye abakunzi bayo ko ayikunda ndetse yifuza kuzongera gukorana nayo mu gihe...
15 August 2019 Yasuwe: 8506 0

Minisitiri Busingye yaciwe ibihumbi 50 FRW by’amande na kamera yo ku muhanda kubera imodoka ye yari ifite umuvuduko...

Minisitiri w’ Ubutabera w’ u Rwanda, Johnston Busingye,yatangaje kuri Twitter ye ko yaciwe amande y’ ibihumbi 50 kubera ko imodoka ye yafashwe na camera yo ku muhanda ifite umuvuduko...
15 August 2019 Yasuwe: 4484 1

AZAM TV ntizongera kwerekana shampiyona y’u Rwanda

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ’FERWAFA’ ryamaze kwandikira ibaruwa abanyamuryango baryo barimo amakipe akina shampiyona y’u Rwanda ko umuterankunga mukuru wa Shampiyona “AZAM”yafashe...
15 August 2019 Yasuwe: 2733 0

Klopp yise amazina atangaje umunyezamu Adrian wamufashije gutwara super cup atsinze Chelsea

Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yaraye mu byishimo byinshi nyuma yo gutsindira Chelsea kuri penaliti 5-4 akayitwara igikombe cya Super Cup byatumye yita umunyezamu we mushya Adrian izina...
15 August 2019 Yasuwe: 2609 0

Mohamed Salah yasubije Pep Guardiola ku magambo aheruka kuvuga Champions League

Rutahizamu wa Liverpool yanyomoje Pep Guardiola uherutse gutangaza ko gutwara igikombe cya Premier League biruta gutwara Champions League aho we yavuze ko Champions League ariryo rushanwa...
14 August 2019 Yasuwe: 4088 0

Perezida Kagame yanenze urubyiruko rwahururiye kuri KCC nyuma yo kubeshywa ko rutahana amadolari 197

Nyakubahwa perezida Kagame yavuze ko ari ikibazo gikomeye kuba igihugu nk’u Rwanda kigifite urubyiruko ruhururira abatekamitwe barimo abaherutse kurubeshya ko ruhabwa amadolari rugatanga...
14 August 2019 Yasuwe: 1785 1

Umwana w’umukobwa w’imyaka 7 yahawe ikiraka gishyushye akesha kuba asa cyane na Rihanna [AMAFOTO]

Umukobwa w’imyaka 7 witwa Ala’a Skyy yahawe akazi keza na kompanyi icuruza imisatsi y’abagore kubera ko asa cyane n’umuhanzikazi ukomeye muri Amerika Rihanna.
14 August 2019 Yasuwe: 6636 0

Umukecuru wabyariye umwana umuhungu we nyuma y’imyaka 30 atabyara yaciye ibintu hirya no hino ku isi...

Umukecuru witwa Cecile Eledge ukomoka muri USA,yatunguye benshi ku isi ubwo yemeraga guterwa intanga z’umuhungu we n’undi mukobwa mu rushinge [surrogate] yarangiza akababyarira umwana nyuma...
14 August 2019 Yasuwe: 4667 1

Nta muntu uri hariya hanze utekereza ku kibazo cyawe ngo akigukemurire-Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yasabye urubyiruko rurenga ibihumbi bitatu rwari rwaje guhura nawe mu biganiro ko rukwiriye gutoranya ibirubereye birimo kureka ibiyobyabwenge...
14 August 2019 Yasuwe: 947 0
0 | ... | 18810 | 18820 | 18830 | 18840 | 18850 | 18860 | 18870 | 18880 | 18890 | ... | 24580