skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Gen. Mubarakh Muganga yasabye amakipe y’abasivili kujya yemera igihe yatsinzwe

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga,yasabye amakipe y’abasivili kujya yemera ko yatsinzwe aho gutaha avuga ko yibwe.
19 June 2024 Yasuwe: 1519 0

Rubavu: Abaturage basanze mu muhanda umurambo w’umusore ugeretseho igare rye

Mu Kagari ka Rubona mu Murenge wa Nyamyumva mu Karere ka Rubavu, abaturage babyutse basanga umurambo w’umusore mu muhanda, ugeretseho igare, bakavuga ko ashobora kuba...
19 June 2024 Yasuwe: 1225 0

RDC:Umuminisitiri wa mbere yeguye nyuma y’iminsi irindwi arahiye

Stéphanie Mbombo Muamba wari umwe mu baminisitiri bagize Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye ku mirimo ye nyuma y’icyumweru kimwe...
19 June 2024 Yasuwe: 1820 0

Zlatko Krmpotić watoje APR FC agateza amarira abafana yasabye akazi muri Rayon Sports

Umunya -Serbia Zlatko Krmpotić watoje amakipe nka APR FC, Yanga FC ari mu batoza basaga 7 bamaze gusaba gutoza Rayon Sports nyuma y’igenda rya Julien Mette.
19 June 2024 Yasuwe: 1324 0

Umuryango wa mbere ukize cyane mu Bwongereza uraregwa ubucuruzi bw’abantu

Bane bo mu muryango wa mbere ukize cyane mu Bwongereza barimo kuburanishwa mu Busuwisi, mu gihe hari ibirego ko bakoresheje amafaranga menshi mu kwita ku mbwa yabo kurusha kwita ku bakozi babo bo...
19 June 2024 Yasuwe: 1099 0

#EURO2024: Portugal yatsinze bigoranye umukino Cristiano Ronaldo yakoreyemo amateka

Ikipe ya Portugal yatsinze bigoranye ibitego 2-1 Czech Republic mu mukino Cristiano Ronaldo yabereyemo umukinnyi ukinnye ibikombe byinshi bya Euro kuko icy’uyu mwaka ari icya gatandatu...
19 June 2024 Yasuwe: 1799 0

RIB yafunze abapadiri bashinjwa kwirengagiza gutabara umunyeshuri agapfa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abantu bane barimo abayobozi ba Seminari Nto ya Zaza kubera urupfu rw’umunyeshuri witwa Shema Christian w’imyaka 15 witabye Imana nyuma yo gukubitwa...
18 June 2024 Yasuwe: 3048 0

FARDC yishe abarwanyi batandatu ba Wazalendo basanzwe bafatanya kurwanya M23

Ku wa mbere Kamena 17, abarwanyi batandatu ba “Wazalendo” bishwe na FARDC i Mabalako muri teritwari ya Beni muri Kivu y’Amajyaruguru.
18 June 2024 Yasuwe: 2373 0

AU yasabye ubuyobozi bwa RDC gufatanya n’ibihugu bituranye kurwanya iterabwoba

Umuryango wa Afrika yunze Ubumwe, wasabye abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, gufatanya n’ibihugu bituranye bakarwanya iterabwoba muri aka...
18 June 2024 Yasuwe: 878 0

Burundi: Perezida w’inteko ishingamategeko yasabye ko abiba lisansi bashyirirwaho igihano cy’urupfu

Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, yemeza ko hari abantu bahisha lisansi nyinshi mu rugo aribyo bituma ibura bityo bagakwiye gukatirwa igihano cy’urupfu...
18 June 2024 Yasuwe: 652 0
0 | ... | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | ... | 24580