skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

FERWAFA yatanze amakuru mashya ku bakinnyi baheruka gukubitwa n’inkuba i Gicumbi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryavuze ko abakinnyi b’amakipe mato y’abagore ya Inyemera na Rambura WFC batangiye koroherwa bagasezererwa nyuma yo gukubitwa n’inkuba kuri uyu...
14 January 2024 Yasuwe: 1666 0

Umutoza uri kuganira na Rayon Sports ngo asimbure Wade yamenyekanye

Kuri iki cyumweru nibwo hamenyekanye amakuru ko ikipe ya Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Mohamed Wade uheruka gutsindwa na Gasogi United bituma ikipe ijya ahabi mu gushaka igikombe cya...
14 January 2024 Yasuwe: 1876 0

Perezida Kagame yahishuye igisubizo yahaye uwamubwiye ko Imana yamumutumyeho

Perezida Kagame yatangaje ko hari umuntu waje kumureba amubwira ko Imana yamumutumyeho akamuha ubutumwa yazabwira Imana yongeye kumuvugisha
14 January 2024 Yasuwe: 1529 0

’Nta muntu n’umwe ku isi ushobora guhitamo aho avana u Rwanda’-Perezida Kagame

Perezida Kagame yatangaje ko uzashaka guhungabanya amahoro igihugu gifite atazihanganirwa ndetse aboneraho kwibutsa amahanga ko Abanyarwanda aribo bonyine bafite uburenganzira bwo guhitamo uko babaho.
14 January 2024 Yasuwe: 1541 0

Nigeria na Misiri zatangiye nabi igikombe cya Afurika 2024

Mu mukino wo mu itsinda A mu gikombe cya Afurika wa mbere,Nigeria yanganyije igitego 1-1 Equatorial Guinea bituma benshi banenga urwego iyi kipe y’ubukombe ya Super Eagles iriho.
14 January 2024 Yasuwe: 916 0

Biravugwa: M23 yaba yatangiye guhitana abasirikare ba SADC

Imirwano yahuje inyeshyamba za M23 n’Ingabo za Leta ya Congo (FARDC ) zifatanyije n’Abasirikare ba SADC yasize bamwe mu basirikare ba SADC bahasize ubuzima abandi bafatwa mpiri.
13 January 2024 Yasuwe: 7045 0

Inkuba yakubise Abakinnyi b’ikipe nto ya Rambura WFC bari mu kibuga

Abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’abato ya Rambura Women Football Club n’iya Inyemera WFC bari mu bitaro by’Akarere ka Gicumbi nyuma yo gukubitwa n’inkuba ubwo bari mu mukino waberaga ku kibuga cya...
13 January 2024 Yasuwe: 3690 0

Rayon Sports y’Abagore yatsinze AS Kigali nyuma yo kuyikuramo inkingi yagenderagaho

Ikipe ya Rayon Sports WFC yatsinze AS Kigali WFC ibitego 2-1,ihita yiyongerera amahirwe yo kwegukana shampiyona cyane ko zombi nta yindi kipe ijya izihagarika.
13 January 2024 Yasuwe: 1846 0

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa New Zealand yakoze ubukwe bwagezwe intorezo n’abigaragambya [AMAFOTO]

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Nouvelle-Zélande, Madamu Jacinda Ardern, yashyingiranywe n’umukunzi we bamaze igihe kinini bakundana witwa Clarke Gayford mu bukwe buhebuje bwitabiriwe n’inshuti,...
13 January 2024 Yasuwe: 3045 0

Musa Esenu yabonye ikipe nshya yamuhaye akayabo k’umushahara

Rutahizamu ukomoka muri Uganda, Musa Esenu,wahoze akinira Rayon Sports,yerekeje mu ikipe nshya yitwa Masafi Al-Junoob SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq.
13 January 2024 Yasuwe: 2644 0