skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umwami wa Yorodaniya yabwiye amagambo akomeye Perezida Kagame nyuma yo gusura u Rwanda

Umwami wa Yorodaniya yagaragaje ko yanyuzwe n’ukuntu yakiriwe mu Rwanda ndetse ashimira Perezida Kagame uko yahinduye u Rwanda rukaba icyitegererezo nyuma y’ibihe bibi cyane yanyuzemo.
9 January 2024 Yasuwe: 3402 0

CAF iri gukora iperereza ku mukinnyi uvuga ko yavutse mu 1990 kandi nyina yarapfuye 1985

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF ryatangiye iperereza ku mukinnyi wo muri Gabon watangaje ko yavutse mu 1990 ariko raporo igaragaza ko nyina umubyara yapfuye mu 1985.
9 January 2024 Yasuwe: 2853 0

Umukinnyi wa Kiyovu Sports yafatiriye ibikoresho by’ikipe kugira ngo imwishyure

Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Obediah Mikel Freeman, yafatiriye ibikoresho birimo imipira kubera ideni aberewemo.
9 January 2024 Yasuwe: 2107 0

Umunyezamu Rayon Sports yari itegereje yageze mu Rwanda

Umunyezamu w’Umunya-Sénégal, Khadime Ndiaye,wakiniraga Guédiawaye FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri iki gihugu, yageze mu Rwanda, aho aje muri Rayon Sports.
9 January 2024 Yasuwe: 1329 0

FERWAFA igiye kongera kuzamura umubare w’abanyamahanga mu cyiciro cya mbere

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,rirashaka ko muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere uzamuka ukaba abakinnyi umunani babanza mu kibuga mu gihe mu bakinnyi 30 b’ikipe hazemerwa 12...
9 January 2024 Yasuwe: 1543 0

Mapinduzi Cup 2024: APR FC irakina na Mlandege FC icungana no kunganya gusa

Kuri uyu wa Kabiri, APR FC iracakirana na Mlandege yo muri Zanzibar saa moya na cumi nitanu (19h:15) mu mukino wa 1/2 cy’irangiza ry’irushanwa rya Mapinduzi Cup.
9 January 2024 Yasuwe: 3645 0

Kigali: Umwana w’umusirikare yibye imbunda ya se arirasa arapfa

Umusore w’imyaka 24 witwa Shyaka Jesi usanzwe ufite se w’umusirikare w’ipeti rya Lieutenant Colonel,yibye imbunda ya Se yirasira mu nzu yo hanze yabagamo ubwo imvura yarimo kugwa.
9 January 2024 Yasuwe: 14389 0

Umuvugizi wa Moïse Katumbi yaburiye Tshisekedi

Umuvugizi wa Moïse Katumbi - umukandida waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida wa DR Congo – yavuze ko Perezida watowe Felix Tshisekedi ari we uzabazwa “kugerageza kwose guhungabanya...
9 January 2024 Yasuwe: 3153 0

Sadio Mane yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe na Aisha Tamba [AMAFOTO]

Rutahizamu Sadio Mané,watwaye ibihembo bibiri by’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi muri Afurika yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe n’umukunzi we Aïsha Tamba.
9 January 2024 Yasuwe: 2404 0

Kenya: Abantu 15 bapfiriye mu mpanuka y’imodoka ebyiri zagonganye

Impanuka y’imodoka ebyiri zagonganye muri Kenya yahitanye abantu 15, abandi batari bake barakomereka mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri.
9 January 2024 Yasuwe: 651 0