skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umwana w’imyaka 5 w’umunya Nigeria uherutse gutorwa nk’umukobwa mwiza kurusha abandi ku isi yatangiye kurwanirwa n’amakompanyi...

Umukobwa w’imyaka 5 ukomoka muri Nigeria witwa Janet Jumbo (Jare) w’imyaka 5 uheruka gutigisa isi yose ndetse amafoto ye agakwirakwira ko ariwe mukobwa mwiza kurusha abandi bose ku isi,yatangiye...
18 March 2019 Yasuwe: 7473 0

Zidane yavuze ku byerekeye kuzana rutahizamu Kylian Mbappe muri Real Madrid

Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane yatangaje ko yifuza kuzatoza rutahizamu Kylian Mbappe wa PSG kubera ko ari umukinnyi ukomeye ndetse abonamo ubushobozi bwo kuba yamufasha kongera kuzamura...
18 March 2019 Yasuwe: 3258 0

Rusizi: Imiryango irenga 28 yasenyewe n’imvura iri kurara hanze

Ku munsi w’ejo nibwo imvura idasanzwe yaguye mu karere ka Rusizi yangiza amazu menshi y’abaturage ndetse abagera kuri 13 barakomereka bikomeye nyuma yo kugwirwa n’ibikuta...
17 March 2019 Yasuwe: 1194 0

Umwana uherutse kumenera igi ku mutwe w’umusenateri wo muri Australia yavuze akaga yahuye nako [AMAFOTO]

Umwana w’umuhungu w’imyaka 17 uherutse kumenera igi ku musenateri witwa Fraser Anning ukomoka ahitwa Queensland muri Australia yavuze ko yababajwe n’abasore 30 b’ibigango nyuma yo gukora aya...
17 March 2019 Yasuwe: 4439 1

Umubyeyi wafotowe ari gukora imirimo myinshi icyarimwe yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]

Umugore witwa Jazmyne Futrell ukomoka mu Bwongereza yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambuga kubera ukuntu yagaragaye ari gukora imirimo 3 icyarimwe irimo guteka konsa umwana ndetse ari no gusomera...
17 March 2019 Yasuwe: 8084 0

Ubuyapani:Umunsi mukuru wahariwe kwizihiza igitsina cy’umugabo waciye ibintu hirya no hino ku isi [AMAFOTO]

Mu gihugu cy’ubuyapani habaye umunsi mukuru wahariwe igitsina cy’umugabo uzwi nka Honen-sai aho urujya n’uruza rwazengurutse umujyi ruhetse igiti kinini kibaje nk’igitsina...
17 March 2019 Yasuwe: 9889 1

Bugesera FC yatiye imyenda y’abanyeshuli mu mukino yari yasuyemo Gicumbi FC

Ikipe ya Bugesera FC yahuye n’uruva gusenya ubwo yageraga ku kibuga cya Gicumbi FC igasanga yambaye imyenda isa ni’’y umunyezamu wayo bituma ijya gutira indi ku kigo cy’amashuli yo muri aka...
17 March 2019 Yasuwe: 2439 1

Umukobwa wa Micheal Jackson yatabawe arimo kwiyahura

Umukobwa wa Micheal Jackson, witwa Paris-Michael Katherine Jackson w’imyaka 20, yatabawe ageze ku muryango w’urupfu kuko yagerageje kwiyahura,yikata umutsi w’ahahurira ukuboko n’ikiganza (wrist)...
17 March 2019 Yasuwe: 3449 0

Ababuriye ababo mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines babwiwe ko bazahabwa indishyi z’akababaro zitangana nyuma...

Bene wabo w’abaguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines bemerewe indishyi z’akababaro ziri hagati ya miliyoni 160 na 250 z’amafaranga y’u Rwanda nyuma y’umuhango wo kwibuka, iyi miryango imaze...
17 March 2019 Yasuwe: 7340 0

Ababuriye ababo mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines bahawe ubutaka bw’aho yaguye mu muhango wo...

Ubuyobozi bwa Ethiopian Airlines bwahaye imifuka irimo igitaka abavandimwe b’abagenzi 157 baguye mu mpanuka y’indege ya Boeing 737 Max y’iyi kompanyi yakoze impanuka ku cyumweru gishize ngo babe ari...
17 March 2019 Yasuwe: 4191 0
0 | ... | 20470 | 20480 | 20490 | 20500 | 20510 | 20520 | 20530 | 20540 | 20550 | ... | 24580