skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Neymar Jr yagaragaye ari gusomana n’umuhanzikazi mu birori bya Rio Carnival [AMAFOTO]

Umukinnyi Neymar Jr wa PSG yongeye kugaragaza ko nta bushake bwo kugaruka ku mugabane w’I Burayi,kuko yagaragaye ari gusomana n’umuhanzikazi witwa Anitta mu birori bya Rio Carnival biheruka kubera...
5 March 2019 Yasuwe: 2913 0

Wa mupasiteri wagaragaye ari kuzura umuntu yatangaje ko ari ikinamico yari yateguye

Umupasiteri witwa Alpha Lukau ukomoka muri Afurika y’Epfo uherutse kuba ikirangirire kubera amashusho yakwirakwijwe ari kuzura umugabo wari wapfuye,yavuze ko bitabaye ahubwo yari yabipanze n’uwo...
5 March 2019 Yasuwe: 4247 1

Abagore n’abagabo bo mu idini ya Islam bakubiswe inkoni nyinshi bananirwa kugenda bazira gusohokana muri Hoteli...

Abagore 2 bo mu gihugu cya Indonesia bahohotewe bikomeye n’abayobozi b’idini ryabo rya Islam,ubwo bakubitwaga inkoni nyinshi bananirwa kwigenza nyuma yo gushinjwa kwica amategeko y’igitabo cya...
5 March 2019 Yasuwe: 3469 1

Inzovu yicariye nyirayo wayikoreraga isuku ahita apfa [AMAFOTO]

Umugabo witwa Arun Panikkar w’imyaka 40 ukomoka mu Buhindi yahuye n’uruva gusenya ubwo inzovu yitagaho yamwicariye,imuterekaho ibiro byayo niko guhita apfa.
5 March 2019 Yasuwe: 5433 0

Minisitiri Richard Sezibera yavuze ko ikiyaga cya Rweru atari irimbi ry’u Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yavuze ko Abarundi bavuga ko imirambo ikunze kugaragara mu kiyaga cya Rweru ari iy’abanyarwanda bibeshya, kuko amarimbi y’u Rwanda azwi...
5 March 2019 Yasuwe: 2206 0

Uburenganzira bw’Abanyarwanda ntibushingiye kuri Uganda- Minisitiri Sezibera

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yemeje ko u Rwanda ari igihugu cyiyubashye kidakeneye guhabwa uburenganzira n’ibindi bihugu birimo Uganda n’andi...
5 March 2019 Yasuwe: 2785 0

Paul Pogba na Romelu Lukaku bafatanye mu mashati bakizwa n’umutoza wabo Solskjaer

Abakinnyi babiri ba Manchester United barimo Paul Pogba na Romelu Lukaku bashatse kurwanira mu rwambariro nyuma y’umukino batsinzemo Southampton ibitego 3-2,nyuma y’aho Pogba yimye Lukaku Penaliti...
5 March 2019 Yasuwe: 6069 0

Luka Modric yavuze ukuntu Real Madrid ikumbuye cyane Cristiano Ronaldo

Umukinnyi Luka Modric ukina hagati mu ikipe ya Real Madrid yatangaje ko bakumbuye Cristiano Ronaldo wabatsindiraga ibitego buri mukino ndetse avuga ko kuba ikipe yabo ihagaze nabi ari uko yabuze...
5 March 2019 Yasuwe: 2681 0

Micheal Jackson yashinjwe gufata ku ngufu umwana w’imyaka 10 nyuma yo kumukorera ibisa n’ubukwe mu cyumba...

Ibirego bishinja umuhanzi Micheal Jackson gufata ku ngufu abana b’abahungu bikomeje kwiyongera aho umusore witwa James Safechuck yavuze ko uyu mwami wa Pop ku isi yamufashe ku ngufu afite imyaka...
4 March 2019 Yasuwe: 2756 0

Ikibazo cy’ifungwa ry’imipaka hagati y’u Rwanda na Uganda cyatangiye gukemuka

Hashize iminsi 6 hari impagarara ku mupaka wa Uganda n’u Rwanda ahanini bitewe n’uko amakamyo yashoraga imari mu Rwanda yabujijwe gukoresha umupaka wa Gatuna kubera ko bivugwa ko umuhanda uri...
4 March 2019 Yasuwe: 7633 1
0 | ... | 20630 | 20640 | 20650 | 20660 | 20670 | 20680 | 20690 | 20700 | 20710 | ... | 24580