skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mesut Ozil yavuze amagambo atangaje kuri Cristiano Ronaldo na Messi

Umukinnyi Mesut Ozil ukinira ikipe ya Arsenal,yavuze ko rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi ariwe mukinnyi w’umuhanga cyane mubo yahanganye nabo bose aho yemeje ko Cristiano Ronaldo ariwe...
25 October 2018 Yasuwe: 2662 0

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Gianni Infantino uyobora FIFA [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Kane Taliki ya 25Ukwakira 2018,perezida Paul Kagame yakiriye Gianni Infantino uri mu Rwanda mu nama ya FIFA igiye kubera mu Rwanda ku nshuro yayo ya 8.
25 October 2018 Yasuwe: 1046 0

Abakobwa bakize mu Bushinwa bagaragaje ubukire bwabo mu mafoto atangaje

Mu irushanwa ryo kugaragaza ubutunzi bwabo ryiswe "Flaunt your Wealth" cyangwa "Falling Stars",abakobwa bo mu Bushinwa bifotoje amafoto bahanutse mu mamodoka abandi mu ndege bafite ibikoresho...
25 October 2018 Yasuwe: 4936 1

Abanyeshuli bafashwe amashusho bari kurwanisha imipanga [AMAFOTO]

Abanyeshuli bo mu kigo cy’amashuli yisumbuye cyo mu ntara ya Limpopo,mu majyaruguru ya Africa y’epfo cyitwa Tlakale Mashashane Secondary School, bagaragaye bari kurwanisha imipanga nyuma...
25 October 2018 Yasuwe: 1768 1

Muhadjiri yatangaje impamvu aterekeje muri Rayon Sports yamushakaga muri 2013

Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yatangaje ko yari hafi yo kwerekeza muri Rayon Sports mu mwaka wa 2013 ariko atinya guhanganira umwanya na Cedric Amissi wari ukunzwe n’aba Rayons.
25 October 2018 Yasuwe: 2134 0

Umukobwa ari mu mazi abira kubera kwifotoza mu musigiti yambaye ubusa

Umukobwa witwa Marisa Papen ukomoka mu Bubiligi ukunze kwifotoza yambaye ubusa ku bintu nyaburanga bikurura ba mukerarugendo ku isi,ari guhigwa n’abayisilamu kubera ko yifotoje yambaye ubusa ari mu...
25 October 2018 Yasuwe: 2591 2

Umusore w’imyaka 20 yafashwe ari gusambanya ku ngufu umukecuru w’imyaka 100

Umusore w’imyaka 20 witwa Argha Biswas ukomoka mu gace ka Chakdaha gaherereye mu ntara ya Bengal mu Buhindi yafashwe ari gusambanya ku ngufu umukecuru w’imyaka 100.
25 October 2018 Yasuwe: 1813 0

Casa Mbungo yamenyesheje Kiyovu Sports ko ashobora kwegura nibatamuhemba [Yakosowe]

Umutoza wa Kiyovu Sports, Casa Mbungo Andre, yandikiye ibaruwa ubuyobozi bw’ikipe ye,abusaba kumuhemba amafaranga y’umushahara bamurimo mu gihe cy’iminsi 30,bitaba ibyo akegura ku mirimo ye..
24 October 2018 Yasuwe: 1676 0

Ba mukerarugendo benshi ku isi berekeza mu gihugu cya Dominican Republic bagiye gusambanya abana bari munsi y’imyaka 13 y’amavuko

Uburaya buremewe mu gihugu cya Dominican Republic ndetse abapolisi basigaye barebera ba mukerarugendo baza muri iki gihugu ku bwinshi baje gusambanya abana b’abakobwa batarengeje imyaka 13 y’amavuko.
24 October 2018 Yasuwe: 3070 2

Abafana ba Manchester United bagaragarije Cristiano Ronaldo urukundo rurenze

Abafana b’ikipe ya Manchester United baririmbiye Cristiano Ronaldo indirimbo zo kumusingiza ubwo umukino wahuzaga Juventus na Manchester United wari urangiye ari kwinjira mu rwambariro.
24 October 2018 Yasuwe: 1927 0