skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mashami Vincent yatangaje byinshi ku mukino Amavubi afitanye na Cote d’Ivoire

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent yatangaje ko we n’abakinnyi be bafite intego yo gukura amanota 3 kuri Cote d’Ivoire aho yemeje ko nubwo ari ikipe y’igihangange nta kizababuza...
7 September 2018 Yasuwe: 1700 0

Eden Hazard yatangaje igihe azavira muri Chelsea

Kabuhariwe Eden Hazard ukinira ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko Chelsea niramuka ibuze mu makipe agomba kwitabira UEFA Champions League umwaka utaha atazigera azuyaza azahita ayivamo yerekeze mu...
7 September 2018 Yasuwe: 2955 0

Umugabo yateye icyuma mugenzi we aramwica amuhoye Avoka

Mu gihugu cya Kenya mu gace kitwa Kirinyaga umugabo yishe ateye icyuma mugenzi we amuhoye ko yamufashe ari kugurisha avoka ku bakiliya be atabimusabiye uburenganzira.
7 September 2018 Yasuwe: 1283 0

Zari yagiriye inama ikomeye Hamisa Mobeto uri kwihambira kuri Diamond Platnumz ngo bashyingiranwe

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Zari Hussein wahoze ari umugore wa Diamond bagatandukana kubera guheheta k’uyu muhanzi,yagiriye inama Hamisa Mobeto uri gushaka uburyo yarogesha Diamond ngo babane...
7 September 2018 Yasuwe: 3047 0

Paul Pogba yatangaje byinshi ku hazaza he n’umubano mubi afitanye na Jose Mourinho

Umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yatangarije abanyamakuru ko atazi ahazaza he muri Manchester United ndetse ko umubano we n’umutoza Jose Mourinho ari nk’uw’umukozi...
7 September 2018 Yasuwe: 3234 0

Abakinnyi ba Rayon Sports banze gukora imyitozo kubera ibyo basaba batarahabwa n’ubuyobozi

Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura umukino wa ¼ cya CAF Confederations Cup bafitanye na Enyimba FC muri Nigeria gusa abakinnyi 10 nibo bayikoze gusa mu gihe...
7 September 2018 Yasuwe: 6894 1

Impamvu Cristiano Ronaldo yanze kwitabira ubutumire bwa Portugal mu mikino y’ibihugu yamenyekanye

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yanze kwitabira imikino mpuzamahanga igihugu cya Portugal kiri gukina kubera igitutu ariho cyo kuba amaze imikino 3 yose ataratsindira Juventus igitego kugira ngo akaze...
7 September 2018 Yasuwe: 2563 0

Umuhanzikazi yifotoreje ku rwibutso rw’abasirikare baguye mu ntambara ya mbere y’isi yambaye ubusa hejuru [AMAFOTO]

Umuhanzikazi witwa Lauren Henson ukomoka mu Bwongereza yatunguye benshi ubwo yashyiraga hanze amafoto yifotoreje ku rwibutso rw’abasirikare baguye mu ntambara ya mbere y’isi, yambaye ubusa hejuru.
7 September 2018 Yasuwe: 2443 0

Umugabo yafashwe ari gusambanya agasimba kameze nk’ipusi kapfuye [AMAFOTO]

Umugabo ukomoka muri Amerika mu mujyi wa Washington witwa Richard Delp w’imyaka 35,yafashwe n’umugore ari gusambanya agasimba kameze nk’ipusi kazwi nka Beaver kari kapfuye.
7 September 2018 Yasuwe: 1848 0

Agasumbashyamba kakubise umugore n’umwana none barembeye mu bitaro

Umugore w’umwongereza witwa Katy Williams n’umwana we Finn Williams, bahuye n’uruva gusenya ubwo agasumbashyamba kabasangaga hafi y’urugo rwabo muri Afrika y’Epfo kakabakubita umutwe byatumye uyu...
7 September 2018 Yasuwe: 1996 0