skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugabo wa mbere wabashije kubyara yatunguye benshi kubera ibyo yatangaje

Umugabo witwa Thomas Beatie ukomoka muri USA wakoze amateka yo kuba umugabo wa mbere wabashije gutwita akabyara yatangaje ko umugore we yamusabye ko bakomeza kubyara abana benshi ndetse yiteguye...
25 August 2018 Yasuwe: 4683 1

Umuganga yasambanyije umugore wamwitabaje ngo amuvurire mu rugo rwe

Umuganga witwa Trevor Finnerty ukomoka mu gace ka West Midlands mu Bwongereza yakoze amahano ubwo yasambanyaga umugore wamuhamagaye ngo aze kumuvurira mu rugo rwe.
25 August 2018 Yasuwe: 3526 0

Wayne Rooney yagiriye inama ikomeye Paul Pogba

Umukinnyi Wayne Rooney wakoze amateka mu ikipe ya Manchester United yagiriye inama Paul Pogba ko adakwiriye gutegereza ko Jose Mourinho amuzamurira urwego rw’imikinire ahubwo akwiriye kwirwanaho.
25 August 2018 Yasuwe: 3654 0

Umutoza wa Arsenal yakomoje ku myitwarire ya Aubameyang utari gutanga umusaruro

Umutoza Unai Emery w’ikipe ya Arsenal yavuze ko abantu bagomba kureka kwibasira rutahizamu we Pierre Emerick Aubameyang utari kwitwara neza muri iyi minsi aho yijeje abafana ba Arsenal ko mu mikino...
25 August 2018 Yasuwe: 1138 0

Hugo Lloris ari mu mazi abira kubera icyaha gikomeye yafatiwemo

Umunyezamu w’ikipe ya Tottenham Hugo Lloris ashobora kwamburwa kuba kapiteni,nyuma yo gutabwa muri yombi na Polisi atwaye imodoka yasinze bituma ajyanwa mu ikasho yamazemo amasaha 7 ahatwa ibibazo.
25 August 2018 Yasuwe: 1361 1

Umugore yataye ikarito irimo inzoka y’ubumara ku biro bya polisi [AMAFOTO]

Umugore w’Umwongereza utazwi wataye ikarito irimo inzoka y’ubumara ku biro bya polisi y’ahitwa Newcastle yatunguye benshi bituma benshi bibaza urwango yanga aba bapolisi.
24 August 2018 Yasuwe: 3027 0

Ababikira bakuze batawe muri yombi kubera ubugome bw’indengakamere bakoreye abana b’imfubyi bareraga

Polisi yo mu gihugu cya Scotland yataye muri yombi abanti 12 barimo ababikira barengeje imyaka 80 bakekwaho kugira mu bugome bw’indengakamere bwakorewe imfubyi ahitwa Smyllum Park aho abana...
24 August 2018 Yasuwe: 2224 0

Umuyobozi wa Napoli yandagaje bikomeye umutoza Maurizio Sarri wa Chelsea

Umuyobozi w’ikipe ya Napoli Aurelio De Laurentiis yandagaje umutoza Maurizio Sarri uherutse kwerekeza muri Chelsea amuteye umugongo,aho yavuze ko ntacyo yamariye Napoli mu myaka 3 yayimazemo kandi...
24 August 2018 Yasuwe: 1400 0

Zinedine Zidane yameneye ibanga rikomeye inshuti ze

Umunyabigwi Zinedine Zinedine wahoze atoza ikipe ya Real Madrid, yameneye ibanga rikomeye bamwe mu nshuti ze aho yababwiye ko ubushomeri bumurambiye ndetse yiteguye kwerekeza mu ikipe ya Manchester...
24 August 2018 Yasuwe: 5504 0

Umugabo ushinzwe umutekano ku bitaro yafashwe ari gusambanya umurambo w’umugore

Umugabo witwa Cameron Wright w’imyaka 23 usanzwe acunga umutekano mu bitaro bya St Francis Hospital biherereye mu mujyi wa Memphis muri USA,yafashwe ari gusambanya umurambo w’umugore wari umaze...
24 August 2018 Yasuwe: 3220 2