skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kanye West yasohoye indirimbo irimo abakobwa yifuza gusambana nabo

Umuraperi ukomeye Kanye West w’imyaka 41 yashyize hanze indirimbo nshya yitwa XTCY,yavuzemo ko yifuza gusambana n’abakobwa bose bavukana n’umugore we Kim Kardashian.
12 August 2018 Yasuwe: 1953 1

Umugabo yafashe ku ngufu nyina amutera indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina

Umugabo w’imyaka 32 yatawe muri yombi na polisi nyuma yo gufata ku ngufu nyina w’imyaka 70 yarangiza akamutera indwara zandurira mu mibonano bitsina.
12 August 2018 Yasuwe: 1848 0

Paul Pogba yabwiye amagambo akomeye umutoza Jose Mourinho

Umukinnyi Paul Pogba yatunguye benshi kubera amagambo yatangaje nyuma y’umukino Manchester United aho yemeje ko akeneye gukundwa no kwitabwaho kugira ngo ahe umusaruro mwiza iyi kipe nkuko yawuhaye...
12 August 2018 Yasuwe: 4605 0

Abantu bane bafotowe bari gusambanira mu gashyamba ko hafi y’ishuli ry’abana ku manywa y’ihanga [AMAFOTO]

Abagabo babiri n’abagore babiri bafashwe ku manywa y’ihangu bari gusambanira mu gashyamba ko hafi y’ikigo cy’amashuli aho abana barimo bakina.
11 August 2018 Yasuwe: 5830 2

Umunyamideli Black Chyna yashyize hanze amafoto akurura abagabo yaciye ibintu [AMAFOTO]

Umunyamideli w’icyamamare Black Chyna uzwiho gushyira hanze amafoto akurura abagabo,yashyize hanze amafoto yatumye benshi bacika ururondogoro.
11 August 2018 Yasuwe: 3262 0

Kanye West yatunguye benshi kubera igikorwa kigayitse yemeye ko akora kandi afite abana

Umuraperi Kanye West yatunguye benshi ubwo yemereraga kuri televiziyo ko akunda kureba filimi z’urukozasoni kandi ari umubyeyi w’abana batatu.
11 August 2018 Yasuwe: 2470 0

Lozano Riba David yegukanye agace ka 7 ka Tour du Rwanda ,Mugisha Samuel yongera amahirwe yo kwegukana Tour du Rwanda 2018

Umunya Espagne ukinira ikipe ya Team Novo Nordisk yo muri Amerika niwe wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavaga Musanze kerekeza I Kigali ku ntera y’ibirometero 107 na metero 500 asize...
11 August 2018 Yasuwe: 1658 0

Umubyeyi yamenye ko umwana we ari muzima bagiye kumuhamba

Umugore witwa Ivis Montoya ukomoka muri Honduras yatunguwe cyane no gusanga umwana we ari muzima nyuma yo kubwirwa n’abaganga ko umwana we yapfuye akaza kumenya ko akiri muzima ubwo bari bagiye...
11 August 2018 Yasuwe: 3010 0

Umukunzi wa Kwizera Pierrot yashyize hanze amafoto bari mu munyenga w’urukundo[AMAFOTO]

Kwizera Pierrot wamaze gutera umugongo Rayon Sports yagaragaye ari gusomana n’umukobwa w’uburanga ku kibuga cy’indege cyo mu Burundi aho bivugwa ko yaba yerekeje mu ikipe yo muri Oman.
11 August 2018 Yasuwe: 6041 0

Manzi Thierry yatangaje byinshi ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro bazacakirana na Mukura VS

Myugariro Manzi Thierry yatangaje ko we na bagenzi be biteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo bazegukane igikombe cy’Amahoro bongere bahagararire u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup.
11 August 2018 Yasuwe: 3305 0