skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umukinnyi wakiniye Arsenal yifotoje yambaye ubusa buri buri [AMAFOTO]

Umunya Danmark witwa Niclas Bendtner wanyuze mu makipe atandukanye yo mu Bwongereza nka Arsenal, Birmingham na Sunderland akahava yerekeza muri Juventus na Wolfsburg yatunguye benshi ubwo...
31 July 2018 Yasuwe: 2577 1

Lebron James yashinje Donald Trump kwifashisha siporo akarema amacakubiri mu banyamamerika

Icyamamare mu mukino wa Basketball Lebron James yatangarije abanyamakuru ku munsi wejo ko perezida wa USA Donald Trump ari kwifashisha siporo kugira ngo acemo igihugu ibice ndetse avuga ko kuva...
31 July 2018 Yasuwe: 645 0

Ibyo Lionel Messi yakoreye imbwa ye byatangaje benshi mu bakunzi ba ruhago [AMAFOTO]

Kabuhariwe Lionel Messi yagaragaye ari gukina n’imbwa ye nini cyane yitwa Senor Hulk aho yayicenze karahava mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino utaha uri hafi gutangira mu kwezi...
31 July 2018 Yasuwe: 3676 1

Muvunyi Paul yatangaje byinshi ku byerekeye abakinnyi ba Rayon Sports bari kuyivamo

Perezida wa Rayon Sports Muvunyi Paul yatangaje ko bamwe mu bakinnyi barangije amasezerano muri iyi kipe bashobora kugenda bose gusa bari kuvugana n’abakinnyi benshi bagomba kuza kubasimbura aho...
31 July 2018 Yasuwe: 5761 1

Paul Pogba yatangaje impamvu atigeze yiyogoshesha cyane mu gikombe cy’isi

Umukinnyi Paul Pogba uzwiho kuzana inyogosho idasanzwe kuri buri mukino yatangarije abafana be ko impamvu atakunze kwiyogoshesha mu gikombe cy’isi yahimaga abanyamakuru bakundaga kwibasira...
31 July 2018 Yasuwe: 1357 0

Abakinnyi ba Manchester United barashinja Mourinho imyitwarire mibi no gutsindisha ikipe

Ibya Mourinho na Manchester United bikomeje kuzamba kuko kuva berekeza mu mwiherero wo kwitegura umwaka w’imikino utaha muri USA,ikipe iri gutsindwa umusubirizo ndetse abakinnyi bamwe batashatse...
31 July 2018 Yasuwe: 1252 0

Wa mugore waroze igitsina cy’umugabo we kugira ngo atazajya aryamana n’abandi bagore yakatiwe igifungo cy’amezi...

Umugore witwa Memory Shiri wo mu gihugu cya Zimbabwe uherutse kujyanwa mu nkiko n’umugabo we amushinja icyaha cyo kuzinga igitsina cye,ntigikore iyo yabaga agiye ku mugore we mukuru,yakatiwe...
30 July 2018 Yasuwe: 5042 2

Hakozwe ibipupe byifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina bizajya bisangira n’abakiriya agasembuye bikabibutsa amataliki...

Ikigo gikora ibipupe byifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina cya Realbotix kiba muri California cyakoze ibindi bipupe bidasanzwe bisangira n’umukiliya inzoga ndetse bikamuganiriza ku buryo...
30 July 2018 Yasuwe: 5866 1

Umugabo wita ku ngona yahuye n’uruva gusenya ubwo yakinishaga imwe imbere ya ba mukerarugendo [AMAFOTO]

Umugabo witwa Tao ukomoka muri Philippines worora ingona,yahuye n’uruva gusenya ubwo yashyiraga ukuboko mu kanwa kayo ikamuruma ku buryo bukomeye ashakaga kwereka ba mukerarugendo ko ntacyo...
30 July 2018 Yasuwe: 3079 1

Umwana wavutse ibice by’umubiri w’impanga ye biri ku nda ye agiye kubagwa[AMAFOTO]

Umwana w’imyaka witwa Veronica Cominguez ukomoka muri Philippines wavutse bimwe mu bice by’umubiri by’impanga ye bifashe ku nda ye,yahawe ubufasha bwo kujya kubagirwa muri Thailand kugira ngo...
30 July 2018 Yasuwe: 1537 0
0 | ... | 22810 | 22820 | 22830 | 22840 | 22850 | 22860 | 22870 | 22880 | 22890 | ... | 24580