skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Biratangaje:Umunyeshuli yarobye ifi ifite amenyo nkay’umuntu [AMAFOTO]

Umukobwa w’imyaka 11 witwa Kennedy Smith ukomoka muri Oklahoma muri USA,yatunguye benshi kubera ifi itangaje yarobye ari kumwe na nyirakuru ifite amenyo...
26 July 2018 Yasuwe: 3520 0

Kylian Mbappe yahishuye ibanga benshi batamenye mu gikombe cy’isi

Kabuhariwe Kylian Mbappe wigaragaje cyane mu gikombe cy’isi yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko nubwo yitwaye neza mu gikombe cy’isi ,yakinnye afite ikibazo cy’umugongo ariko ntibyamubuza gutsinda...
26 July 2018 Yasuwe: 2703 0

Rayon Sports ishobora kujyana abakinnyi bake muri Algeria

Uyu munsi nibwo Rayon Sports irerekeza muri Algeria gukina umukino wa 4 wa CAF Confederations Cup izahuramo na USM Alger aho bivugwa ko ishobora kutajyana abakinnyi 18 kubera amafaranga menshi...
26 July 2018 Yasuwe: 1277 0

Real Madrid yatunguye benshi kubera umukinnyi yifuza gusimbuza Cristiano Ronaldo

Mu gihe benshi bari biteze ko Eden Hazard ariwe Real Madrid izasimbuza Cristiano Ronaldo,iyi kipe y’igihangange yashyize ibitekerezo byayo kuri rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Uruguay Edinson...
26 July 2018 Yasuwe: 2339 0

FIFA yatangaje igitego cyahize ibindi mu gikombe cy’isi cyo mu Burusiya

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryatangaje ko igitego cyahize ibindi ari igitego cya kabiri Ubufaransa bwatsinze Argentina gitsinzwe n’umusore witwa Benjamin Pavard watereye ishoti...
26 July 2018 Yasuwe: 3576 0

Amavubi y’abagore yihagazeho anganya na Uganda mu mukino wa 3 wa CECAFA

Amavubi y’abagore anganyije na Uganda ibitego 2-2 mu mukino wa Gatatu wa CECAFA y’abagore iri gukinirwa kuri stade ya Kigali,bituma amahirwe yayo yo kwegukana igikombe...
25 July 2018 Yasuwe: 1230 0

Martial yakoze igikorwa cyeretse abakunzi ba ruhago ko atacyifuza gukinira Manchester United

Rutahizamu w’umufaransa Anthony Martial yeretse abantu ko atagishaka kuguma muri Manchester United kuko yasize iyi kipe mu mwiherero ajya kwirebera umukunzi we Melanie Da Cruz...
25 July 2018 Yasuwe: 2332 0

Umugabo yatwikishije peteroli umukobwa we amuhoye gushaka gushyingiranwa n’umusore adashaka

Umugabo w’Umuhindi witwa Sundar Lal Yadav w’imyaka 52 wishwe n’ivanguramoko yakoze amahano ubwo yamenagaho peteroli umukobwa we w’imyaka 19 akamutwika amuhoye gushaka gushyingiranwa n’umusore...
25 July 2018 Yasuwe: 2110 0

Umwicanyi ruhagwa yapfiriye aho yari afungiye ubwo yarimo yikinisha

Umwicanyi kabuhariwe ukomoka mu Budage witwa Egidius Schiffer w’imyaka 62, yahuye n’uruva gusenya ubwo yarimo yikinisha yarangiza agafata urutsinga rw’amashanyarazi akarukoza ku gitsina cye umuriro...
25 July 2018 Yasuwe: 7833 0

Umugabo yaciye igitsina mugenzi we agiha imbwa ye irakirya amuhoye gushaka gufata ku ngufu umugore...

Umugabo witwa Permsak Petprasert ukomoka muri Thailand,yaciye igitsina cya mugenzi we Suwit Tipjantha w’imyaka 39 barimo basangira inzoga iwe,ashaka kumusambanyiriza umugore nyuma y’aho agasembuye...
25 July 2018 Yasuwe: 1794 0
0 | ... | 22860 | 22870 | 22880 | 22890 | 22900 | 22910 | 22920 | 22930 | 22940 | ... | 24580