skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umukinnyi wa Croatia yakoze igikorwa kigayitse nyuma y’igikombe cy’isi

Umukinnyi wa Croatia witwa Nikola Kalinic yahawe urw’amenyo n’abanya Croatia bose kubera kwanga umudali w’umwanya wa 2 iki gihugu cyatwaye gitsinzwe n’Ubufaransa ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi.
21 July 2018 Yasuwe: 2782 1

Rwasamanzi yatangaje amagambo akomeye mbere yo guhura Rayon Sports

Umutoza wa Marines FC Rwasamanzi Yves yabitsemo ubwoba Rayon Sports n’abafana bayo ubwo yatangazaga ko ikipe ye ya Marines FC imaze iminsi yitegura Rayon Sports ndetse biteguye kuyitsinda uyu munsi...
21 July 2018 Yasuwe: 1998 1

Umugore n’umugabo bakubitiwe ku karubanda bazira gusambana batarashyingiranywe [AMAFOTO]

Umugore n’umugabo b’abayisilamu bakubiswe inkoni 30 ku karubanda imbere y’abantu ndetse bafatwa amashusho akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga kubera gufatwa bari gusambana batasezeranye.
20 July 2018 Yasuwe: 2765 0

Umukecuru yahumye amaso kubera kwitera ikirungo cyataye ubuziranenge ashaka ubwiza

Umukecuru witwa Shirley Potter ukomoka ahitwa Adelaide muri Australia yahuye n’uruva gusenya ubwo yakoraga make up agakoresha ikirungo (mascara) kimaze imyaka 20 gitaye ubuziranenge,cyatumye ahuma...
20 July 2018 Yasuwe: 1875 0

Rayon Sports yirukanye Ivan Minnaert kubera imyitwarire ye mibi

Byarangiye ikipe ya Rayon Sports ifashe umwanzuro wo kwirukana Ivan Jacky Minnaert nyuma yo kunanirwa kwihanganira imyitwarire ye mibi.
20 July 2018 Yasuwe: 1628 0

Police FC y’abakinnyi 10 inganyije na APR FC mu mukino ubanza wa ¼ cy’igikombe cy’Amahoro

Ikipe ya Police FC inaniwe gutsinda APR FC mu mukino ubanza wa ¼ cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro yari yakiriye kuri stade ya Kicukiro aho amakipe yombi yanganyije 0-0.
20 July 2018 Yasuwe: 1091 0

Myugariro wa Liverpool yabenzwe n’umukunzi we amuziza kumuca inyuma

Umukinnyi wa Liverpool ukina inyuma ku ruhande rw’iburyo Nathaniel Clyne yabenzwe n’umukunzi we witwa Kelci Molloy w’imyaka 26 amuhoye kumuca inyuma kandi atwite.
20 July 2018 Yasuwe: 1939 0

Umugore yakubise umwana we w’imyaka 2 arapfa amuhoye kunyara ku buriri

Umugore witwa Katrina Shangreaux w’imyaka 30 ukomoka muri Dakota y’Amajyepfo muri USA,yakatiwe igifungo cy’imyaka 40 azira gukubita umwana we w’umuhungu w’imyaka 2 amuhoye kunyara ku buriri buri...
20 July 2018 Yasuwe: 1763 0

Ivan Minnaert ari mu mazi abira kubera imyitwarire ye mibi

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bushobora gufatira ibihano umuyobozi w’imikino wayo Ivan Minnaert,kubera akavuyo yateje nyuma y’umukino wa CAF Confederations Cup iyi kipe yakinnye na USM Alger ndetse no...
20 July 2018 Yasuwe: 2209 0

Umugore wo muri Kenya yatawe muri yombi ubwo yashakaga kwiba Banki yo muri Amerika

Umugore witwa Evelyn Misumi w’imyaka 36 yatawe muri yombi ku wa Gatatu w’iki Cyumweru ubwo yageragezaga gushaka kwiba Banki yo muri USA izwi nka Bank of America mu ishami ryayo riherereye Texas.
20 July 2018 Yasuwe: 1560 0