skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Uwacu arifuza ko Team Rwanda yarenga urwego rwa Afurika

Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yatangaje ko yifuza ko abakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bakwiye kurenga amarushanwa yo muri Afurika bagaharanira guhangana mu yakinirwa hanze...
7 February 2018 Yasuwe: 574 0

Ushinzwe kurinda ahabikwa imirambo yasambanyije umurambo w’icyamamare

Umugabo witwa Alexander ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya yasambanyije umurambo w’icyamamare cyitwa Oksana Aplekaeva kizwi cyane ku mateleviziyo ubwo yari mu kazi ke ko kurinda ahabikwa imirambo....
7 February 2018 Yasuwe: 4848 1

EL Hadji Diouf arifuza kuba perezida wa Senegal

Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Liverpool El Hadji Diouf arifuza kugera ikirenge mu cya George Weah uherutse kuba perezida wa Liberia,akiyamamariza kuyobora igihugu cya Senegal yitangiye cyane...
7 February 2018 Yasuwe: 847 0

Umugore aricuza bikomeye kuba yarishe abantu 115 mbere y’imikino Olimpike

Umugore witwa Kim Hyon-Hui ukomoka muri Koreya y’Epfo ntakigoheka kubera kwicira mu ndege abantu 115 mu ndege ubwo imikino ya olimpike yo mu mwaka wa 1988 yabereye muri Koreya y’Epfo yari...
7 February 2018 Yasuwe: 2282 0

APR FC na Kiyovu Sports zitangiye igikombe cy’Amahoro zitsinda

Ikipe ya APR FC imaze kunyagira ikipe ya Giticyoni ibitego 4-1 mu mukino ubanza w’igikombe cy’Amahoro wa 1/16 wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo mu gihe Kiyovu Sports yo yatsinze Esperance...
7 February 2018 Yasuwe: 1128 0

Rayon Sports izakina na LLB idafite abakinnyi iherutse gusinyisha

Ikipe ya Rayon Sports ntizaba ifite abakinnyi bayo bashya barimo Mugume Yassin,Christ Mbondi na Yussuf mu mukino wa CAF Champions League izahuramo na Lydia Ludic Academique yo mu Burundi mu mpera...
6 February 2018 Yasuwe: 1766 0

Bamwe mu bakinnyi ba Team Rwanda ntibavuga rumwe na Bugingo wavuze ko nta kibazo bafite

Umuyobozi w’imikino muri MINISPOC Bugingo Emmanuel yatangaje ko abakinnyi ba Team Rwanda batigeze bahungabanywa no kuba batarabona uduhimbazamusyi twabo tumaze igihe tutaratangwa mu gihe abakinnyi...
6 February 2018 Yasuwe: 844 1

Impamvu Radio ari we wenyine wagaragaye mu mashusho ya Pete Kidole bakoranye na Urban Boyz

Bimwe mu byahishwe mu bagize itsinda rya Goodlife biri kugenda bihishurwa nyuma y’urupfu rwa nyakwigendera Mowzey Radio washyinguwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize aho ibihumbi 2 by’amadolari...
6 February 2018 Yasuwe: 3398 2

Bayingana arashaka ko ibihe byiza Team Rwanda irimo yabikomereza muri shampiyona y’Afurika

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda aratangaza ko yifuza kubona abasore bazahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika yo gusiganwa ku magare igiye kubera mu Rwanda,...
6 February 2018 Yasuwe: 320 0

Antonio Conte yatangaje amagambo akomeye nyuma yo kunyagirwa na Watford

Umutoza w’ikipe ya Chelsea FC Antonio Conte yatangaje ko niba ubuyobozi bwa Chelsea bushaka kumwirukana bwahita bubikora kuko umusaruro we udashimishije muri iyi minsi aho yanenze ubushake buke...
6 February 2018 Yasuwe: 1996 0
0 | ... | 24300 | 24310 | 24320 | 24330 | 24340 | 24350 | 24360 | 24370 | 24380 | ... | 24580