skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Sanchez yatangiye guteza ibibazo muri Manchester United

Umukinnyi Alexis Sanchez yatangiye guteza umwuka mubi mu rwambariro rw’ikipe ya Manchester United kubera umushahara yahawe byatumye abakinnyi bakomeye muri iyi kipe batangira kwifuza kongezwa....
30 January 2018 Yasuwe: 5525 0

Manzi Thierry yavuze ko nta kipe yo hanze baravugana

Myugariro Manzi Thierry ukinira ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports yanyomoje amakuru yavugaga ko ari gushakwa n’amakipe menshi yo hanze y’u Rwanda nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya CHAN...
30 January 2018 Yasuwe: 789 0

Nshuti Savio ntatewe ubwoba n’ikipe ya Rayon Sports

Umukinnyi Nshuti Savio Dominique yatangaje ko adatewe ubwoba n’ikipe yahozemo Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa nyuma w’igikombe cy’intwali uteganyijwe ku wa Kane taliki ya 01 Gashyantare 2018...
30 January 2018 Yasuwe: 830 0

Muhire Kevin wasuzuguye Rayon Sports yaje kuyisaba ibyangombwa

Muhire Kevin wavuye mu ikipe ya Rayon Sports nta ruhushya ndetse akagaragaza imyitwarire mibi mu ntangiriro z’iyi shampiyona,yongeye kugaruka mu myitozo y’iyi kipe ku munsi w’ejo taliki ya 30...
30 January 2018 Yasuwe: 1279 0

Uburanga bw’umukobwa wanze gukundana na Cristiano Ronaldo [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Rhian Sugden yatunguye abantu benshi kubera kwanga gukundana na rutahizamu Cristiano Ronaldo ubwo yari agikinira ikipe ya Manchester United mu gihgu cy’Ubwongereza. Benshi bibeshya...
29 January 2018 Yasuwe: 4224 0

Hagaragaye imyambarire idasanzwe mu bihembo bya Grammy Awards [AMAFOTO]

Ibihembo ngarukamwaka bya Grammy Awwards byaraye bitanzwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho abahanzikazi nka Rita Ola,Rihanna Beyonce n’abandi batandukanye bitabiriye ibi bihembo mu myambarire...
29 January 2018 Yasuwe: 1456 0

Savio Nshuti yatangiye imyitozo muri APR FC

Umukinnyi Nshuti Dominique Savio uherutse gusinyira ikipe ya APR FC avuye muri AS Kigali,yatangiye imyitozo muri iyi kipe ye nshya uyu munsi, mu rwego rwo kwitegura gucakirana na Rayon Sports mu...
29 January 2018 Yasuwe: 1180 0

Rwatubyaye yasinye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports arimo kuzamugira kapiteni

Myugariro Rwatubyaye Abdul umaze iminsi ari mu mvune yongereye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports aho muri yo harimo ingingo ivuga ko agomba kuzaba kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports mu minsi...
29 January 2018 Yasuwe: 2080 0

Manzi Thierry na Djihad bari gushakwa n’amakipe yo hanze

Abanyarwanda 2 bitwaye neza kurusha abandi mu irushanwa rya CHAN 2018 aribo Manzi Thierry myugariro wa Rayon Sports na Bizimana Djihad ukina hagati mu ikipe ya APR FC bari kwifuzwa n’amakipe yo...
29 January 2018 Yasuwe: 2666 0

Amafoto ya Maria Sharapova ukurura abagabo iyo ari gukina Tennis

Umurusiya Maria Sharapova w’imyaka 30 usanzwe akina umukino wa Tennis nk’uwabigize umwuga,akunze gushyira hanze amafoto akurura abagabo ndetse benshi mu bafana be yababonye kubera ubwiza bwe....
28 January 2018 Yasuwe: 4268 2