skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

SKOL yasinye amasezerano azafasha Rayon Sports gukina n’ibyamamare ku isi muri ruhago

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd rwasinyanye amasezerano n’ubuyobozi bw’Irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho (VCWC) akubiyemo kwamamaza ibikorwa byarwo mu mikino ndetse no gutegura ibirori...
30 May 2024 Yasuwe: 3735 0

Uwashakaga kuba umukandida yabuze itike imusubiza iwabo nyuma yo kubura ibyangombwa

Uwitwa Twagirayezu Bertin wo mu karere ka Kamonyi washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’ubudepite, ngo yabuze ibyangombwa hafi ya byose bisabwa...
30 May 2024 Yasuwe: 2556 0

Diane Rwigara yabuze ibyangombwa bibiri ubwo yatangaga kandidatire

Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye gusa abura ibyangombwa...
30 May 2024 Yasuwe: 1573 0

Amavubi yasezereye abandi bakinnyi mu mwiherero

Hakizimana Muhadjiri na Tuyisenge Arsène basezerewe mu ikipe y’igihugu ’ Amavubi’ akomeje kwitegura Benin na Lesotho mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 iteganyijwe muri Kamena...
30 May 2024 Yasuwe: 1692 0

Rayon Sports yarekuye abakinnyi batanu

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye n’abakinnyi batanu bahuriye ku kuba ntacyo bayifashije mu mwaka w’imikino ushize kuko batigeze bakina cyane.
30 May 2024 Yasuwe: 1684 0

Nyanza: Ikamyo ya HOWO yivanye aho yari iparitse isenya inzu y’umuturage

Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Kigoma mu Kagari ka Butara mu Mudugudu wa Nyabusheshe imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yariho ipakirwa yashenye inzu y’umuturage.
30 May 2024 Yasuwe: 1731 0

Abagabo b’abirabura bashinje American Airlines kubasohora nyuma y’uko umuzungu atatse umunuko

Abagabo batatu b’abirabura bareze kompanyi y’indege American Airlines itwara abagenzi abagenzi bayishinja ivanguraruhu, bakavuga ko yabakuye mu ndege umwanya muto bitewe n’abavuze ko bumva umunuko...
30 May 2024 Yasuwe: 1484 0

Bellingham yatowe nk’umukinnyi uhenze kurusha abandi ku isi [URUTONDE]

Umwongereza Jude Bellingham yatowe nk’umukinnyi uhenze kurusha abandi bose ku isi aho yabariwe agaciro ka miliyoni 238 z’amapound.
30 May 2024 Yasuwe: 1288 0

Moteri y’indege yishe umuntu ku kibuga cy’indege cy’i Amsterdam

Umuntu yapfuye nyuma yuko yisanze muri moteri y’indege irimo gukora ya kompanyi KLM itwara abagenzi mu ndege, ubwo yari iri ku kibuga cy’indege cya Schiphol cy’i Amsterdam, mu murwa mukuru...
30 May 2024 Yasuwe: 1058 0

Impaka ndende kuri Madamu Ayeganagato wagizwe Minisitiri muri RDC igikuba kigacika kubera amafoto yashyiraga hanze...

Nyuma y’itangazwa rya guverinoma nshya ya RDC,izina ryavuzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga n’irya madamu Noëlla Ayeganagato,wagizwe Minisitiri w’Urubyiruko.
30 May 2024 Yasuwe: 3801 0
0 | ... | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | ... | 24580