skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Boris Johnson yahishuye iterabwoba rikaze yashyizweho na Putin

Boris Johnson wahoze ari minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yavuze ko Perezida w’Uburusiya Putin yamubwiye ko yamuhindura umuyonga byoroshye akoresheje Misile imwe ubwo barimo kuganira. Boris...
30 January 2023 Yasuwe: 1640 0

Abagizi ba nabi bishe abantu umunani babasanze mu isabukuru y’amavuko

Abagizi ba nabi babiri bitwaje imbunda binjiye mu ahari itsinda ry’abantu bizihizaga isabukuru y’amavuko muri Afurika y’Epfo bica abantu umunani,hanyuma bakomeretsa abandi bane. Polisi yo muri...
30 January 2023 Yasuwe: 1423 1

Dani Alves yakiniye umukino wa mbere ikipe ya gereza afungiwemo

Myugariro DANI Alves yakiniye umukino ikipe ya gereza afungiwemo nyuma yo gufungwa akekwaho gusambanyiriza ku ngufu umugore mu kabyiniro. Uyu mukinnyi mpuzamanga ashinjwwa gusambanya umukobwa mu...
30 January 2023 Yasuwe: 1769 0

Abatuye mu mujyi wa Goma basabwe kuba maso birenze

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwasabye abaturage bawutuye kwitegura isaha n’isaha no kuba maso bagatanga amakuru ku muntu wese uteye amakenga wahungabanya umutekano. Ni nyuma y’iminsi mike umutwe...
30 January 2023 Yasuwe: 2584 0

Umukinnyi wa Liverpool yarize avuga ko ikipe yabo ntaho igana

Myugariro wa Liverpool uri mu bitwaye neza cyane mu myaka isaga 5 ishize,Andy Robertson,yavuze ko iyi kipe yabo iterekeza aheza nyuma yo gusezererwa na Brighton muri FA Cup ibatsinze ibitego 2-1....
30 January 2023 Yasuwe: 1497 0

FERWAFA yasubije Kiyovu Sports yareze APR FC gukinisha umukinnyi yagurishije

Umunyamategeko akaba n’Umuvugizi wungirije wa FERWAFA, Jules Karangwa, yahamije ko rutahizamu wa APR FC, Byiringiro Lague akiri umukinnyi w’iyi kipe. Ibi bije nyuma y’aho Ubuyobozi bwa Kiyovu...
30 January 2023 Yasuwe: 1234 0

Ubudage bwanze guha Ukraine ubufasha bukomeye yari yabusabye

Chancelier/ chancellor w’Ubudage yavuze ko igihugu cye kitazoherereza Ukraine indege z’intambara, ni nyuma y’iminsi micye bwemeye kuyoherereza ibifaru by’intambara. Mu kiganiro n’ikinyamakuru...
30 January 2023 Yasuwe: 1131 0

"Ubutaha indege ya RDC nihanurwa ntihazagire uvuga ngo ntabwo twari twababwiye"-Mukuralinda

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda,yavuze ko ubutaha indege ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nihanurwa ntawe ukwiriye gutungurwa kuko iki gihugu cyahawe gasopo...
29 January 2023 Yasuwe: 2139 0

Brighton yongeye gutungurana isezerera Liverpool muri FA Cup

Nubwo yatakaje abakinnyi bakomeye n’umutoza wayo Graham Potter,ikipe ya Brighton &Hove Albion yatunguranye isezerera Liverpool mu gikombe cya FA Cup yatwaye umwaka ushize,iyitsinze ibitego 2-1....
29 January 2023 Yasuwe: 1230 0

Novak Djokovic yegukanye Australian Open anganya agahigo na Nadal muri Tennis

Umunya Serbia, Novak Djokovic yatsindiye Umugereki Stefanos Tsitsipas kuri iki cyumweru,ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Australian Open ahita anganya na Rafael Nadal ibikombe bikomeye muri...
29 January 2023 Yasuwe: 297 0