skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Polisi yafatanye Nicki Minaj ibiyobyabwenge ku kibuga cy’indege

Umuraperikazi wo muri USA w’imyaka 41, Nicki Minaj, yarekuwe nyuma yo gutabwa muri yombi na polisi akekwaho ibiyobyabwenge ubwo yerekezaga mu Bwongereza mu gitaramo cye "Pink Friday 2 World Tour”.
26 May 2024 Yasuwe: 1449 0

Umutoza Ten Hag yatanze igisubizo gitangaje ku byerekeye kwirukanwa muri Man United

Umutoza wa Man United,Erik Ten Hag yavuze ku makuru avuga ko azirukanwa muri iyi kipe nyuma y’uko atsinze Manchester City akayitwara igikombe cya FA.
26 May 2024 Yasuwe: 1679 0

Igitero cy’Uburusiya ku isoko cyahitanye abanya Ukraine 11

Abantu nibura 11 bishwe, abandi batari bake barakomereka mu gitero cy’ibibombe cyakozwe n’ingabo z’Uburusiya ku nyubako y’iguriro (supermarket) mu mujyi wa Kharkiv uri mu majyaruguru ya Ukraine,...
26 May 2024 Yasuwe: 1057 0

Manchester United yatunguye Man City iyitwara igikombe cya FA Cup

Mu mukino watunguye benshi,ikipe ya Manchester United itahabwa amahirwe na benshi yatsinze ibitego 2-1 mukeba wayo Man City iyitwara igikombe cya FA Cup,i Wembley.Ini ni igikombe cya 13 cya FA Cup...
25 May 2024 Yasuwe: 1357 0

Xavi yabwiye amagambo akomeye abakunzi ba FC Barcelona yamwirukanye

Umutoza Xavi aratoza umukino wa nyuma muri FC Barcelona ku munsi wa nyuma wa shampiyona ya Espagne, La Liga, aho ikipe ye izaba yakiriwe na Sevilla.
25 May 2024 Yasuwe: 2172 0

Menya imishinga y’ingenzi Leta y’u Rwanda izagenera Ingengo y’imari ihagije

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Ndagijimana Uzziel yavuze ko amafaranga akomoka imbere mu gihugu azagera kuri miliyari 3,414.4 z’amafaranga y’u Rwanda, bingana na 60% by’Ingengo y’imari yose...
25 May 2024 Yasuwe: 1169 0

RIB yafunze uheruka kugaragara avuga ko ariwe wishe Pasiteri Théogène

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Hategekimana Emmanuel akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha akaba afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura.
25 May 2024 Yasuwe: 6268 0

Pochettino yaciye amarenga y’umukinnyi umwe gusa wa Chelsea yakunze

Uwari umutoza wa Chelsea,Mauricio Pochettino,yakunze [yakanze like] ku butumwa bw’umukinnyi umwe gusa muri benshi yatozaga mu mwaka w’imikino ushize bamusezeyeho bamushimira.
25 May 2024 Yasuwe: 1499 0

Isiraheli yarakajwe nibyo urukiko rwa UN rwayitegetse ku ntambara muri Gaza

Igihugu cya Israel cyakomeje kwamagana kuba cyasabwa guhagarika ibitero bya gisirikare leta ifata ko ari ngombwa kugira itsinde Hamas yongere icyure n’imfungwa zashimuswe zikajyanwa muri Gaza.
25 May 2024 Yasuwe: 1510 0

Karongi: RIB yafashe abakoze jenoside barindwi bari bamaze imyaka 30 bihishe ubutabera

Abantu 7 bo mu Karere ka Karongi bakurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batawe muri yombi nyuma y’imyaka 30 bihishe.
25 May 2024 Yasuwe: 3266 0