skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka itanu agabanyirizwa ihazabu

Urukiko Rukuru rwahamije Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yakatiwe icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze...
23 January 2023 Yasuwe: 2122 1

Umushoferi wagonze moto yari itwaye Ntwali John Williams agiye kugezwa mu rukiko

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko Umushoferi wagize uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru Ntwali John Williams azagezwa imbere y’urukiko kuko yamaze gutabwa muri yombi....
23 January 2023 Yasuwe: 3334 0

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ibibazo by’ingutu bibangamiye iterambere ry’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko kubyara abana benshi umuntu adashoboye kurera,kunyereza umutungo,ihindagurika ry’ibihe n’ibindi. Ibi yabigarutseho mu ijambo yaraye agejeje ku...
23 January 2023 Yasuwe: 714 0

Mukuralinda uvugira u Rwanda yabajije ikibazo gikomeye RDC yanze ibiganiro by’umuhuza yasabye

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yabajije RDC ukuntu ivuga ko ishaka amahoro n’u Rwanda kandi yanze kwitabira ibiganiro n’umuhuza. Perezida wa DR.Congo, Felix...
23 January 2023 Yasuwe: 1545 0

Perezida Tshisekedi yanze guhurira na Kagame mu biganiro muri Qatar

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi wa RDC yanze guhura na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu muhuro wari uteganyijwe kuri uyu wa Mbere muri Qatar. Radio Okapi yavuze ko Perezida Félix-Antoine...
23 January 2023 Yasuwe: 2808 0

Rayon Sports yahishuye ibiciro byo kureba umukino wayo na Musanze FC

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino izakiramo Musanze FC kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023 birimo ibihumbi 2000 FRW ahasanzwe. Uyu mukino uteganyijwe ku munsi...
23 January 2023 Yasuwe: 1371 0

Bwa mbere umugore yagizwe pasiteri muri Isirayeli

Mu bice byinshi by’abakristu ku isi, abagore b’abayobozi mu matorero ntabwo bakiri ikidasanzwe. Ariko kugeza ubu, ku butaka butagatifu – aho ibivugwa muri Bibiliya byabereye – hari hatarimikwa...
23 January 2023 Yasuwe: 1014 0

Arsenal yarenze ku bigwi byari bifitwe n’ikipe yayo yarangije shampiyona idatsinzwe

Ikipe ya Arsenal y’uyu mwaka ikomeje kwandika amateka mashya,kuko yaraye itsinze Manchester United ibitego 3-2 yuzuza amanota 50 mu mikino 19 ya mbere ya shampiyona. Mu mukino wari ugoye benshi...
23 January 2023 Yasuwe: 1270 0

US:Umusaza wo muri Aziya arakekwaho kwica abantu 10 abarashe

Polisi yo muri California ivuga ko ukekwaho kwica arashe abantu 10 mu nzu yigisha kubyina hafi y’umujyi wa Los Angeles ari umugabo ukomoka muri Aziya w’imyaka 72, nyuma basanze yapfuye mu modoka...
23 January 2023 Yasuwe: 510 0

Perezida Kagame yemereye abo mu ntara kuzifatanya nabo muri siporo rusange

Perezida Kagame yavuze ko vuba bidatinze we na Madamu we, Jeannette Kagame bazifatanya n’abatuye mu ntara muri siporo rusange. Yabivuze asubiza umwe mu bakoresha Twitter wamusabye ko nk’uko...
23 January 2023 Yasuwe: 348 0