skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Kagame yagaragaje akamaro ko gusenga mu buzima bwa muntu

Mu masengesho yo gusengera Igihugu yabaye kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yavuze ko gusenga ari byiza, bikwibutsa ’icyo turi cyo’. Yakomeje avuga ko hejuru y’ibyo bikwigisha guca bugufi...
15 January 2023 Yasuwe: 918 1

RDC: Igisasu cyaturikiye mu rusengero cyahitanye abarenga batanu

Abantu barenga 5 bapfuye abandi barenga 15 barakomereka ubwo igisasu cyaturikiraga mu rusengero rwa Communauté des Églises Pentecôtistes du Congo (CEPAC) mu gace ka Kasindi muri Kivu y’Amajyaruguru...
15 January 2023 Yasuwe: 1597 0

Pasiporo zikomeye kurusha izindi ku isi muri 2023 [URUTONDE]

Kompanyi yo mu Bwongereza y’ibijyanye n’ubwenegihugu n’aho gutura Henley & Partners yasohoye raporo yayo ya buri gihembwe ya pasiporo zifuzwa cyane ku isi bitewe n’aho zishobora kugeza...
15 January 2023 Yasuwe: 2821 0

"Twese turi bato, igikwiriye kuba kibaho cyonyine ni magiririrane"-Perezida Kagame

Perezida Kagame yifashishije urugero rw’umubumbe w’Isi mu isanzure umeze nk’ururo mu ntoki,asaba abantu kwiyoroshya. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho ubwo we n’abandi bayobozi mu nzego...
15 January 2023 Yasuwe: 1958 1

Agahinda k’abagore batewe inda n’ingabo za MONUSCO abana babo bakaba bahabwa akato

Chance w’imyaka 16,atandukanye n’abandi bana bigana ku kigo cyo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kubera uruhu rwe. N’umwana umwe uhabwa akato muri benshi babyawe n’umwe mu...
15 January 2023 Yasuwe: 2334 0

Kenya: KFF yahagaritse abakinnyi n’abasifuzi bagurishije imikino kakahava

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Kenya (KFF) ryahagaritse abakinnyi 15 n’abatoza babiri bakurikiranyweho ruswa no kugira uruhare mu kugena uko imikino irangira (match-fixing) muri shampiyona...
15 January 2023 Yasuwe: 771 0

Nepal: Indege yari irimo abantu 72 yahanutse yica benshi muri bo

Indege itwaye abantu 72 yahanutse hafi y’ikibuga cy’indege hagati muri Nepal yica abagenzi bagera kuri 40 kugeza ubu bamaze kuboneka, nk’uko abategetsi babivuga. Indege ya Yeti Airlines yari...
15 January 2023 Yasuwe: 1649 0

Abatuye I Goma bateguye imyigaragambyo isaba kwirukana ingabo za EAC

Abanyekongo bibumbiye muri Muvoma ya rubanda batuye umujyi wa Goma bandikiye umuyobozi w’umujyi bamusaba kwemererwa kwigaragambya mu mahoro. Aba baturage barasaba kwirukana ingabo za EAC,kuko...
15 January 2023 Yasuwe: 2559 1

Amerika yabwiye RDC icyo yakora ngo ikemure ikibazo cya M23

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken yasabye RDC kugira uruhare mu gutuma amasezerano ya Luanda yubahirizwa kuko ngo nibyo byayifasha gukemura ikibazo cya M23. Ibi...
15 January 2023 Yasuwe: 5483 0

Uburusiya bwongeye gutera ibisasu byinshi mu mijyi ya Ukraine bihitana benshi

Uburusiya bwarashe ibindi bisasu byinshi bya misile ku mijyi itandukanye muri Ukraine kuwa gatandatu, aho mu mujyi wa Dnipro mu burasirazuba byishe abantu 12 ku nzu ya apartment. Indi mijyi...
15 January 2023 Yasuwe: 1935 1