skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ukraine: Ibice bya Odesa na Melitopol bimerewe nabi n’ibitero by’Uburusiya

Amajyepfo ya Ukraine ari mu bitero biva ku mpande zombi zihanganye muri iyi ntambara, aho Uburusiya bwaraye buteye ibibombe bukoresheje za ndege zitagira abapilote (drones) i Odesa, Kyiv nayo ihita...
11 December 2022 Yasuwe: 1716 1

Harry Kane yavuze amagambo akomeye nyuma yo guhusha penaliti yasezereye Ubwongereza

Rutahizamu w’Ubwongereza akaba na Kapiteni Harry Kane yavuze ko kuba igihugu cye cyasezerewe biri ku mutwe we ndetse ko bizamutwara igihe kugira ngo arenge agahinda afite. Uyu mukinnyi wari...
11 December 2022 Yasuwe: 2915 1

Ikirere kibi cyakerereje indege zikoresha Ikibuga cy’indege cya Kigali

Ubuyobozi bwa Sosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, bwatangaje ko kubera ikirere kibi cyaramukiye ku kibuga cy’indege cya Kigali, bishobora gukerereza ingendo zimwe na zimwe z’indege.
11 December 2022 Yasuwe: 1484 0

Ese Cristiano Ronaldo yarangije inzozi ze mu ikipe ya Portugal?

Inzozi za Cristiano Ronaldo zo gutwara igikombe cy’isi zaraye zirangiye,nyuma y’uko Portugal isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’isi na Maroc itahabwaga amahirwe. Uyu kizigenza yabanje ku ntebe...
11 December 2022 Yasuwe: 2185 1

Ubufaransa bwasezereye Ubwongereza butera intambwe igana ku kwisubiza igikombe cy’isi

Ikipe y’Ubufaransa ikomeje kwerekana ko ishaka kwisubiza igikombe cy’isi nyuma yo gutsinda Ubwongereza muri 1/4 cy’irangiza ibitego 2-1 igahita ikatisha itike ya 1/2. Mu mukino w’ishyiraniro...
10 December 2022 Yasuwe: 2541 1

Maroc yabaye ikipe ya mbere muri Afrika yageze muri 1/2 cy’igikombe cy’isi

Nyuma y’igihe kinini amakipe yo muri Afurika yarananiwe guca akagizi ko kurenga 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’isi,Maroc yatunguye isi yose ibigeraho isezereye Portugal ku gitego 1-0. Ikipe ya...
10 December 2022 Yasuwe: 1777 1

Umunyezamu Neuer ntazongera gukina muri uyu mwaka w’imikino kubera akaga yahuye nako

Kapiteni w’Ubudage, Manuel Neuer yavunitse ukuguru ubwo yari arimo gukina imikino yo kunyerera ku rubura mu kiruhuko yari yafashe nyuma yo gusezererwa nabi k’Ubudage mu gikombe cy’isi,byatumye...
10 December 2022 Yasuwe: 3848 1

Bahuye n’uruva gusenya ku munsi w’ubukwe bwabo bakoreye mu mahanga

Umugore n’umugabo bahuye n’uruva gusenya ku munsi w’ubukwe bwabo nyuma y’aho aho bari bakodesheje kubukorera hari hegeranye n’abakoze ikirori cyo kwambara ubusa hejuru. Natalie Rhodes w’imyaka...
10 December 2022 Yasuwe: 5814 1

Gasabo: Polisi yafashe umukozi wari utwaye arenga miliyoni ya shebuja

Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze mu Karere ka Gasabo, yagaruje miliyoni 1,6 Frw agize amwe mu mafaranga yari yibwe, hafatwa umusore w’imyaka 29 witwa Sibomana Aimable wari umukozi wo...
10 December 2022 Yasuwe: 1103 1

Neymar Jr yavuze amagambo akomeye nyuma yo gutsindwa kwa Brazil

Nyuma yo gutsindirwa kuri penaliti na Croatia,kuri wa gatanu, Neymar ukomoka muri Brazil yavuze ko atazi neza niba azongera gukinira ikipe y’igihugu. Nyuma yo gutsindirwa muri kimwe cya kane...
10 December 2022 Yasuwe: 2868 1