skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Cameroon yabonye intsinzi y’amateka kuri Brazi ariko irasezererwa

Cameroon yabaye ikipe ya mbere yo muri Afrika yatsinze Brezil mu gikombe cy’isi ariko ntacyo byayimariye kuko yahise iseererwa itarenze amatsinda. Mu mukino wa nyuma wo mu itsinda G,ikipe ya...
3 December 2022 Yasuwe: 1367 1

Prince Kid yavuze amagambo akomeye nyuma yo gusohoka mu gihome

Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yashimiye ubutabera bw’u Rwanda by’umwihariko nyuma yo gusohoka muri gereza ya Mageragere akakirwa n’abarimo Miss Iradukunda Elsa na Meghan bari bamutegereje....
2 December 2022 Yasuwe: 4389 1

Uruguay yongeye guhemukira Ghana ariko zitahira rimwe mu gikombe cy’isi

Ubutwari bwa Luis Suarez bwabaye impfabusa kuko gutsinda Ghana bitari bihagije kuri Uruguay ngo ikomeze muri 1/16 byatumye zombi zisezererwa rimwe mu gikombe cy’isi. Ikipe ya Uruguay yatsinze...
2 December 2022 Yasuwe: 1685 0

Vuvuzela zavugiye ku rukiko bwa mbere na Halleluya ziba urusobe!!!Benshi bishimiye gufungurwa kwa Prince Kid

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Dieudonné Kagame Ishimwe uzwi nka Prince Kid wateguraga irushanwa rya Miss Rwanda ndetse rutegeka ko ahita afungurwa. Prince Kid yagizwe umwere...
2 December 2022 Yasuwe: 2227 1

FERWAFA yihanganishije umuryango wa MURAMIRA Gregoire watabarutse nyuma y’imyaka yitangira umupira

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda ryategetse amakipe gufata umwanya wo kwibuka muzehe MURAMIRA Gregoire watabarutse nyuma y’imyaka myinshi yitangira ruhago. Mu gitondo cyo kuri uyu wa...
2 December 2022 Yasuwe: 1537 0

Umufana wa Croatia akomeje gusaza abagabo kubera imyambarire ye mu gikombe cy’isi [AMAFOTO]

Ivana Knoll, uzwi nk’umufana ushotora abagabo kurusha abandi bose mu gikombe cy’isi, yongeye guca ibintu ubwo yazaga kuri stade Ahmad Bin Ali yambaye utwenda duhisha amabere ndetse agaragaza...
2 December 2022 Yasuwe: 4486 0

Dosiye y’ikirego cy’abakozi ba RBC igiye gushyikirizwa ubushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko dosiye iregwamo abakozi barindwi ba RBC bakurikiranyweho icyaha cyo gutanga amasoko ya Leta binyuranyije n’amategeko yashyikirijwe...
2 December 2022 Yasuwe: 626 0

Perezida Biden yiteguye guhura na Putin mu kurangiza intambara ya Ukraine

Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin “niba koko yaba afite ubushake bwo gushaka uko intambara irangira”. Ari kumwe na Emmanuel...
2 December 2022 Yasuwe: 2333 0

M23 yavuze ku bwicanyi ishinja FDLR n’ishusho yayo kuri Perezida Tshisekedi

Umuvugizi wungirije wa M23 mu bya Politike, Munyarugero Canisius yavuze ko FDLR iri gukorera ubwicanyi Abatutsi muri Repubulika ya Kongo amahanga arebera ndetse ko yiteguye gukomeza kwirwanaho...
2 December 2022 Yasuwe: 2381 0

Yakomerekeje abantu batatu kubera gufata umugore we asomana n’undi mugabo

Abantu batatu bakomerekeye mu mpanuka ikomeye yabereye i Mama Ngina hafi ya Mombasa Golf Club nyuma y’uko umugabo abonye umugore we asoma undi mugabo maze abirukankana ku muvuduko mwinshi n’imodoka...
2 December 2022 Yasuwe: 2883 0