skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

U Rwanda na RDC bafashe umwanzuro ukomeye ku mibanire

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byiyemeje gukomeza ibiganiro, biganisha ku guhosha umwuka mubi ukomeje kuba hagati y’ibihugu byombi. RDC imaze iminsi ishinja u Rwanda gutera...
6 November 2022 Yasuwe: 3388 0

Umwana w’imyaka 2 yakinishije imbunda ya se arirasa arapfa

Abashinzwe iperereza bemeje ko Warren Bennett Oser, ufite imyaka 2, yinjiye mu gikamyo cya se aciye mu muryango ufunguye,afata imbunda yari yashyizwemo urusasu arayikisha birangira yirashe. Uyu...
6 November 2022 Yasuwe: 1924 0

Pique yavuze amagambo akomeye asezera ku mupira w’amaguru na FC Barcelona

Myugariro Gerard Pique mumarira menshi yasezeye ku mupira w’amaguru nyuma yo gukina umukino FC Barcelona yari amaze imyaka 14 akinira yahuragamo na Almeria. Pique wabaye myugariro ukomeye muri...
6 November 2022 Yasuwe: 1755 0

Lionel Messi yagize imvune habura iminsi mike ngo igikombe cy’isi gitangire

Rutahizamu Lionel Messi yagize ubwoba bw’imvune yagize habura ibyumweru bibiri gusa ngo igikombe cy’isi gitangire. Paris Saint-Germain yemeje ko uyu munya Argentine atarakina umukino w’uyu munsi...
6 November 2022 Yasuwe: 2285 0

Twitter yemeje guca amafaranga kuri ’blue-tick’ nyuma yuko Musk ayiguze

Twitter yemeje gahunda yo gutuma abakoresha uru rubuga nkoranyambaga bagura akarango k’ubururu cyangwa ’blue tick’ kajya imbere y’amazina yabo kagaragaza ko konti zabo ari ntakemangwa. Mu...
6 November 2022 Yasuwe: 510 0

Umugore yamenye amavuta ashyushye ku mugabo we bapfuye ijwi ryo kuri Whastapp yohererejwe

Umugabo ukomoka mu gace ka Zhombe, mu Ntara ya Midlands,muri Zimbabwe yahiye bikabije nyuma yo gutwikwa n’amavuta yo guteka yasutsweho n’umugore we amushinja kumuca inyuma. Umuvugizi wa Polisi...
5 November 2022 Yasuwe: 3363 0

Perezida Biya agiye kwizihiza isabukuru y’imyaka 40 amaze ku butegetsi

Perezida wa mbere ukuze mu myaka kurusha abandi muri Afurika akaba n’umwe mu bamaze imyaka myinshi ku butegetsi kuri uyu mugabane - Perezida Paul Biya wa Cameroun - ku cyumweru arizihiza imyaka 40...
5 November 2022 Yasuwe: 825 0

RDC: Impunzi 3 zaguye mu mirwano yaturutse ku biryo

Ku wa gatanu, amakuru avuga ko abantu batatu baguye mu makimbirane yavutse ubwo hatangwaga imfashanyo y’ibiribwa mu nkambi y’abantu bimuwe n’intambara iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
5 November 2022 Yasuwe: 2166 0

Kenya: Abategetsi bavuga ko inzovu zirenga 200 zishwe n’amapfa

Abategetsi bo muri Kenya bavuga ko inyamaswa zo mu gasozi zibarirwa mu magana zirimo n’inzovu 205 zimaze gupfa kugeza ubu muri uyu mwaka kubera amapfa (izuba ryinshi) akaze ari mu gihugu....
5 November 2022 Yasuwe: 956 0

Umugore yahishuye uko umugabo we yamukase ibiganza byombi

"Yanjyanye mu ishyamba, ahantu hitaruye. Aransakuza ati:" Shyira amaboko yawe ku giti! " "Nararize ndatakamba ndamwinginga ngo ntumbabaze." "Yansabye gufunga amaso, atangira kuntema amaboko."...
5 November 2022 Yasuwe: 3684 0