skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ikipe ya RDC y’abatarengeje imyaka 23 yarokotse impanuka y’indege

Abakinnyi b’ikipe ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo batarengeje imyaka 23 barokotse impanuka y’indege nyuma y’uko indege bari bakodesherejwe ya Air Kasai igize ikibazo tableau de vol ikazima...
29 October 2022 Yasuwe: 2587 0

Umugore yishe umugabo we wari umaze kumufata asambana

Umugore witwa Gift Obierei wo muri Nigeria mu ntara ya Edo yatawe muri yombi azira kwicisha ikimene cy’icupa umugabo we wari umaze kumufata asambana n’undi mugabo. Polisi yavuze ko uyu mugore...
29 October 2022 Yasuwe: 6159 0

Ingabo z’u Rwanda zagobotse abaturage ba Centrafrique [AMAFOTO]

Ku wa Gatanu, Ingabo z’ u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Santarafurika zakoze umuganda zinavura abaturage 110 bo mu gace ka Bossembele mu bilometero 150 uvuye mu murwa...
29 October 2022 Yasuwe: 852 1

US: Umugabo wa Nancy Pelosi yakomerekejwe n’umugizi wa nabi wamusanze iwe

Paul Pelosi, umugabo wa Madamu Nancy Pelosi,Umuyobozi w’inteko ishinga amategeko ya leta Zunze Ubumwe za Amerika,arimo koroherwa nyuma yo gukomerekera mu gitero cyagabwe mu rugo iwe n’umuntu wari...
29 October 2022 Yasuwe: 896 0

Neymar Jr yasimbutse Gereza yari yamufunguriwe

Rutahizamu Neymar Jr yasimbutse gereza nyuma yo gukurwaho ibyaha by’uburiganya na ruswa yaregwaga n’ubushinjacyaha bwa Espagne. Uyu munya Brazil, ufite imyaka 30, yari yasabiwe igifungo...
29 October 2022 Yasuwe: 1671 0

Pep Guardiola yahishuye ubwoba afitiye Manchester United

Umutoza Pep Guardiola yatangaje ko abona amakipe abiri yo mu mujyi wa Manchester azarwanira igikombe cya shampiyona uyu mwaka. Uyu mutoza yavuze ko abona imbaraga zikomeye za United kandi ko...
29 October 2022 Yasuwe: 2421 0

"Isi iri mu kaga katigeze kabaho nyuma y’intambara ya kabiri y’isi yose"-Perezida Putin

Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko isi ishobora kuba iri mu kaga katari kabaho kuva intambara ya kibiri y’isi yose yarangira. Ibi yabivuze mu ijambo rirerire yavuze ku wa...
29 October 2022 Yasuwe: 3464 0

Niyo Bosco yatandukanye na MI Empire yamufashaga mu muziki

Umuhanzi Niyo Bosco uri mu beza mu Rwanda yatandukanye na MIE Empire yamufashije kuva yatangira umuziki kugeza ubu. Abinyujije ku rubuga rwa Instagram,Niyo Bosco yasezeye kuri Irene Murindahabi...
28 October 2022 Yasuwe: 1422 0

IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame yasuye abanya Mozambike mu isoko

Perezida Kagame wagiriye uruzinduko muri Mozambique, yasuye Umurwa mukuru Maputo, anasura isoko riri hafi y’inyanja, aganira n’abaturage ku bufatanye bw’u Rwanda na Mozambique. Nkuko amafoto...
28 October 2022 Yasuwe: 2650 0

Umukobwa yahawe igihano gikomeye nyuma yo gutwikira Dipolome ye ku karubanda

Umukobwa witwa Bridget Thapwile Soko wo muri Malawi yakoze agashya afata impamyabumenyi ye y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza ayitwikira ku karubanda ngo kuko ntacyo imumariye Exploits...
28 October 2022 Yasuwe: 3470 0