skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Imikino ya Premier League yasubitswe kubera gutanga k’Umwamikazi [Yavuguruwe]

Mu rwego rwo guha icyubahiro Umwamikazi Elizabeth II watanze ku munsi w’ejo, imikino y’umunsi wa 7 wa #PremierLeague yasubitswe Mu mpera z’iki cyumweru, nta mikino ya Premier League iraza...
9 September 2022 Yasuwe: 713 0

Burundi: Hashyizweho Guverinoma nshya nyuma yo kugenda kwa Bunyoni

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri w’Intebe mushya Gervais Ndirakobuca,igizwe n’abaminisitiri 15. Ndirakobuca yagizwe Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatatu...
9 September 2022 Yasuwe: 811 0

Ibyaranze umwamikazi Elizabeth ku ngoma yamazeho imyaka 70

Ubwami bw’Umwamikazi Elizabeth II bwaranzwe n’umurava ukomeye mu nshingano ndetse no kwitangira ingoma ye n’abaturage be. Yabaye izingiro ry’impinduka za bwangu mu isi mu gihe ijambo...
9 September 2022 Yasuwe: 630 0

Amateka y’Umwamikazi Elizabeth II waciye agahigo ku kuramba ku ngoma

Umwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70. Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane...
8 September 2022 Yasuwe: 1685 0

Onana yafashije Rayon Sports kugumana icyubahiro kuri Police FC

Rayon Sports yabonye amanota 3 bigoranye nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali. Rayon Sports yatsinze iki gitego ku munota wa 79 bigoranye,nyuma...
8 September 2022 Yasuwe: 5297 0

Umwamikazi w’u Bwongereza yatanze

Umwamikazi w’u Bwongereza, Elizabeth II, yatanze kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Nzeri 2022, ku myaka 96 y’amavuko.Yari amaze imyaka 70 ku ngoma. Umwamikazi yimye ingoma mu 1952 kandi yiboneye...
8 September 2022 Yasuwe: 1550 0

Chelsea yabonye umutoza mushya usimbura Thomas Tuchel

Ikipe ya Chelsea yatangaje ko Umwongereza,Graham Potter wari umutoza wa Brighton ariwe mutoza wayo mushya usimbura Tuchel yirukanye. Graham Potter wagaragaje urwego rwo hejuru mu myaka ishize...
8 September 2022 Yasuwe: 1329 0

Nyagatare: Polisi yarashe umusore ukekwaho ubujura

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare yarashe umusore ukekwaho ubujura, nyuma y’amasaha macye harashwe undi mu Karere ka Rubavu. Amakuru dukesha Flash TV, avuga ko uyu musore warasiwe...
8 September 2022 Yasuwe: 1168 0

Ubuzima bw’Umwamikazi w’Ubwongereza buhangayikishije abaganga be

Ingoro ya Buckingham yavuze ko Umwamikazi ari kwitabwaho n’abaganga be bahangayikishijwe n’ubuzima bwe. Itangazo ryagize riti: "Nyuma y’isuzuma ryakozwe muri iki gitondo, abaganga b’umwamikazi...
8 September 2022 Yasuwe: 1319 0

#CAFCL:US Monastir izahangana na APR FC yageze mu Rwanda

Ikipe ya Union Sportive Monastirienne [US Monastir] yo muri Tunisia yageze i Kigali n’indege yihariye ya gisirikare,ije guhura n’ikipe y’igisirikare cy’u Rwanda, APR FC. Iyi kipe ije mu mukino...
8 September 2022 Yasuwe: 1209 0