skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ubushinwa bugiye kwerekaTaiwan yakiriye Pelosi wa USA ingufu zabwo

Umukuru w’inteko ishingamategeko ya Amerika, Nancy Pelosi, yavuye muri Taiwan nyuma y’uruzinduko rwo munsi y’amasaha 24 yahagiriye. Arakomereza muri Korea y’Epfo n’Ubuyapani. Minisitiri...
3 August 2022 Yasuwe: 2325 0

Yvan Buravan yagiye kuvurirwa mu Buhinde...Umuryango we wamaganye ibihuha

Umuhanzi Burabyo Yvan uzwi nka "Yvan Buravan" yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kanombe,yerekeza mu Buhinde kuvurwa nyuma yo kunanirwa n’ibitaro byo muri Kenya yari amazemo iminsi. Uyu munsi...
3 August 2022 Yasuwe: 3033 0

Umu slay Queen yishe umusore bararanye avuye mu mahanga

Umukobwa uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Ghana cyane kuri Instagram witwa Safina Diamond yatawe muri yombi azira gutera icyuma umugabo bararanye wari ugarutse avuye muri Kanada mu byumweru...
3 August 2022 Yasuwe: 3095 1

Uko Amerika yishe umuyobozi wa Al Qaeda wenyine kandi yari kumwe n’Umuryango we

Hashize isaha irengaho gato izuba rimaze kurasa ku itariki ya 31 y’ukwezi kwa karindwi, umukuru wa al-Qaeda w’igihe kirekire Ayman al-Zawahiri yaratambutse asohoka mu nzu yerekeza ku ibaraza...
3 August 2022 Yasuwe: 3589 0

Pogba yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo guhura n’akaga ataratangira gukinira Juventus

Umukinnyi Paul Pogba ntabwo afite gahunda yo kwemera kubagwa ivi kugira ngo akire imvune yagize mu minsi yashize. Uyu mukinnyi wo hagati w’Ubufaransa, yagarutse muri Juventus ITurin ariko ahita...
3 August 2022 Yasuwe: 2162 0

DR Congo: UNHCR ’ntigishoboye’ kwita ku bibazo by’impunzi

Ishami rya ONU ryita ku mpunzi UNHCR muri DR Congo ryatangaje ko kubera ubushobozi bucye ritagishoboye kwita bikwiriye ku bibazo by’impunzi bikomeza kwiyongera. Iri shami rivuga ko kugeza tariki...
3 August 2022 Yasuwe: 670 1

Umutoza Ten Hag yafatiye umwanzuro utoroshye Cristiano Ronaldo ushaka kwigendera

Cristiano Ronaldo ntabwo azabanza mu kibuga ku mukino wa mbere ikipe ye ya Manchester United izakiramo Brighton&Hove Albion ku cyumweru kubera ko ejo hazaza he hagishidikanywaho ndetse ngo nta...
3 August 2022 Yasuwe: 2287 0

DR Congo yasabye UN kureba uko yihutisha gukura MONUSCO ku butaka bwayo

Umuvugizi wa leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yabwiye ikiganiro Focus on Africa cya BBC cyo kuri radio ko iki gihugu cyizeye kwihutisha ko ingabo z’ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo...
3 August 2022 Yasuwe: 1180 0

Cristiano Ronaldo na Harry Maguire bayoboye abakinnyi batutswe cyane kuri Twitter mu mwaka w’imikino ushize [URUTONDE]

Raporo ivuga ko abakinnyi babiri ba Manchester United, Cristiano Ronaldo na Harry Maguire aribo bakiriye ubutumwa bwinshi bubatuka kuri Twitter kuruhsha abandi bakinnyi bose bo muri Premier League...
2 August 2022 Yasuwe: 852 0

Umugabo yaguye mu maboko y’umugore bari bamaze isaha batera akabariro

Amakuru muri Kenya aravuga ko umugabo yapfuye ubwo yari arimo gukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we i Nairobi. Muri raporo y’abapolisi yabonywe n’ikinyamakuru Nairobinews dukesha iyi...
2 August 2022 Yasuwe: 3827 1