skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

AS Kigali yahaye akayabo Tshabalala ayigumamo inasinyisha abanya Kenya 2 bakomeye

Nyuma yo kwegukana igikombe cy’Amahoro no gutsinda APR FC inshuro 2 zikurikiranya,AS Kigali yiyubatse bikomeye aho yongereye amasezerano rutahizamu wayo Shabani Hussein Tshabalala ndetse igura...
29 July 2022 Yasuwe: 1969 0

Erik Ten Hag niwe wahaye ikipe ya Jumbo Visma amayeri yayifashije gutwara Tour de France 2022

Ubwo Erik Ten Hag yageragezaga kwinjiza mu bakinnyi be ba Manchester United ubwo bari mu myiteguro y’umwaka w’imikino muri Australia muri Nyakanga,yanigishaga amayeri umuyobozi w’imikino wa Jumbo...
29 July 2022 Yasuwe: 979 0

Gicumbi: Umusore yiyahuye nyuma yo kuribwa ibihumbi 100 FRW n’ikiryabarezi

Mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore uherutse kwiyahura kubera ko ikiryabarezi cyamuriye Frw 100,000 yari yagurishije igare kugira ngo arebe niba cyamwungukira....
29 July 2022 Yasuwe: 1402 1

Yatawe muri yombi azira kwangiza imyanya y’ibanga ya mugenzi we ashinja kumutwara umugabo

Indaya yatawe muri yombi na polisi y’iwabo muri Ghana, mu karere ka Ashanti kubera gukekwaho gukoresha icyuma mu gukata imyanya y’ibanga ya mugenzi we bapfa umukiriya. Uyu ukekwaho icyaha...
29 July 2022 Yasuwe: 2539 0

Yahuye n’uruva gusenya azira kubyarana n’Umwarabu

Umukobwa w’imyaka 29 ukomoka mu Ntara ya Siaya muri Kenya ari mu gahinda kenshi nyuma yo kwirukanwa n’umuryango we nyuma yo kuva gushakira ubuzima mu Barabu. Uyu mudamu ufite agahinda witwa...
29 July 2022 Yasuwe: 2314 0

Bushali yiyemeje gushinga ikipe ya ruhago yahaye izina ritangaje

Umuraperi Hagenimana Jean Paul uzwi nka Bushali, yahishuye ko agiye gushinga ikipe y’umupira w’amaguru azita ‘Onze Boule’ ariko yirinze gutangaza byinshi kuri yo ngo ba KNC batamushishura. Uyu...
29 July 2022 Yasuwe: 1383 0

Gen.Muhoozi yabwiye amagambo akora ku mutima umuhungu wa Perezida Kagame ugiye gusoza amasomo ya gisirikare

Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka za Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yifurije ishya n’ihirwe Ian Kagame, umwana wa Perezida Paul Kagame, agiye gusoza amasomo ya Gisirikare mu ishuri...
29 July 2022 Yasuwe: 3021 0

Umukobwa ushinja Thomas Partey kumufata ku ngufu yashyize hanze ibimenyetso

Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunya Ghana, Thomas Partey kuri ubu ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibirego byo gushinjwa gufata ku ngufu umukobwa. Uyu mukobwa wiyemerera ko...
29 July 2022 Yasuwe: 2115 1

Agahimbazamusyi kazahabwa ikipe y’Ubwongereza y’abagore nitwara Euro 2022 kateje impaka

Ikipe y’Igihugu y’Ubwongereza y’abagore yatsinze iya Sweden ibitego 4-0 mu mukino wa 1/2 cya EURO 2022 y’Abagore, ikatisha itike yo gukina umukino wa nyuma aho izacakirana n’Ubudage bo bwatsinze...
29 July 2022 Yasuwe: 1025 0

Kiyovu Sports yazanye umutoza w’inararibonye izajya ihemba akayabo

Alain-André Landeut wabaye umutoza wa Darling Club Motema Pembe (DR Congo) mu 2021 na Berekum Chelsea yo muri Ghana yageze mu Rwanda aho agiye gutoza Kiyovu Sports. Uyu mutoza akaba yageze mu...
29 July 2022 Yasuwe: 1174 0