skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

AU yasabye Ethiopia na Sudan biri kurebana ay’ingwe kwirinda kurwana

Umukuru w’akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA) yasabye ko habaho "kwifata, ituze n’ibiganiro", mu gihe ubushyamirane bwo ku mupaka hagati ya Ethiopia na Sudan buri guteza inkeke yuko...
29 June 2022 Yasuwe: 385 0

APR FC yasinyishije abakinnyi 2 ba AS Kigali yaraye ibatsinze

Ikipe ya APR FC yamaze gusinyisha Ishimwe Christian na mugenzi we Niyibizi Ramadhan bakinaga muri AS Kigali mu gihe cy’imyaka 2 iri mbere. Nkuko amakuru dukesha Radio Rwanda abitangaza,APR FC...
29 June 2022 Yasuwe: 2415 0

RDC: Umusirikare wa FARDC yaciye ibintu nyuma yo gutsindwa na M23 akitwarira igitoki

Umwe mu basirikare bivugwa ko ari mu itsinda rishinzwe kurinda umukuru w’Igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi yagaragaye yikoreye igitoki yahunganye nyuma yo...
29 June 2022 Yasuwe: 3721 1

Chelsea yateye gapapu Arsenal ku mukinnyi yari hafi gusinyisha

Ikipe ya Chelsea,yateye gapapu Arsenal iyitwara umukinnyi ukina asatira Raphinha bari hafi kumvikana ku biciro ngo ayerekezemo. Nk’uko ikinyamakuru The Athletic kibitangaza ngo Chelsea yemeye...
29 June 2022 Yasuwe: 1544 2

Ghana: Abasinzi bishakiye igisubizo nyuma yo gupfa kwa bagenzi babo basinze

Ishyirahamwe ry’abasinzi bo muri Ghana ryatangije porogaramu ya E-Drink kugira ngo irinde abanyamuryango bayo akaga karimo no kwicwa n’imodoka igihe bambukiranya umuhanda basinze. Ibi...
29 June 2022 Yasuwe: 2071 0

Sefu yishimiye kwihimura kuri APR FC yamwirukanye nabi

Umukinnyi wo hagati,Niyonzima Olivier Sefu, ukinira As Kigali yatangaje ko yishimiye gutsinda APR FC yahozemo ndetse yemeza ko ikimushimisha kurusha ibindi ari uko ikipe yose agiyemo atwara...
29 June 2022 Yasuwe: 861 0

Boris Johnson yemeje ko Putin atari gutera Ukraine iyo aba ari umugore

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin atari kuba yarateye Ukraine iyo aza kuba ari umugore. Johnson yavuze ko igitero cy’Uburusiya...
29 June 2022 Yasuwe: 1263 0

Abakinnyi ba AS Kigali bahawe agahimbazamusyi k’umurengera kubera gutwara igikombe cy’Amahoro

Igitego kimwe cya Kalisa Rachid cyatumye Ikipe ya AS Kigali FC yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2021/22, itsinze APR FC mu mukino wari ishyiraniro. Mu mukino wa nyuma wahuje aya makipe yombi...
29 June 2022 Yasuwe: 1069 0

AS Kigali yongeye gutsinda APR FC yegukana igikombe cy’Amahoro 2022

Ikipe ya AS Kigali yegukanye igikombe cy’amahoro ku nshuro ya kane(2001,2013,2019 &2022) mu mateka yayo nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Kigali I...
28 June 2022 Yasuwe: 1201 0

Umusore yahuye n’uruva gusenya ubwo yashakaga kwambikira umukunzi we impeta hafi y’ikiyaga

Umusore washakaga gutungura umukunzi we ngo amwambike impeta amusaba ko bashyingiranwa yahuye n’akaga gakomeye kuko ubwo yari amaze gupfuka mu maso agiye kumwambika iyo mpeta yamucitse igwa mu mazi...
28 June 2022 Yasuwe: 4213 0