skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Marines FC yirukanye umukinnyi wayo imushinja ubugambanyi ku mukino wa Kiyovu Sports

Ikipe ya Marines FC yandikiye Intare FC batizanya abakinnyi ko yirukanye umukinnyi yabatije witwa Hakizimana Félicien imuziza imyitwarire idahwitse yise "Ubugambanyi"mu mukino wa nyuma wa...
20 June 2022 Yasuwe: 748 0

Ibitotsi byatumye Sadate wayoboye Rayon Sports akora impanuka Imana ikinga ukuboko

Munyakazi Sadate wahoze ayobora ikipe ya Rayon Sports, yahishuye ko yakoze impanuka Imana igakinga akaboko, ni nyuma yo gufatwa n’ibitotsi atwaye imodoka ikarenga umuhanda. Iyi mpanuka yabaye mu...
20 June 2022 Yasuwe: 3051 0

Goma: Abanyekongo barigaragambya uyu munsi batwika ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda

Abanyekongo batuye I Goma batangaje ko uyu munsi bateganya gukora indi myigaragambyo iraba ari rurangiza aho biyemeje gutwika ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda. Mu iibaruwa bandikiye umuyobozi wa...
20 June 2022 Yasuwe: 4158 0

Perezida Kenyatta yahamagaje inama y’aba Perezida ba EAC kubera ikibazo cya DR Congo

Perezida w’igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta yahamagaje inama y’abakuru b’ibihugu bigize ishyirahamwe ry’Umuryango w’ Afrika y’Uburasirazuba (EAC) kuri uyu wa mbere kugira bavugane ku kibazo...
20 June 2022 Yasuwe: 1131 0

RCS yabaye ihagaritse gahunda yo gusura imfungwa muri gereza zose zo mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCSRwanda) rwatabgaje ko guhera kuri uyu wa 20-27 Kamena 2022, gusura imfungwa bitemewe muri gereza zose zo mu Rwanda. Nkuko RCS yabivuze mu...
20 June 2022 Yasuwe: 1934 0

Arsenal igiye gutanga akayabo mu cyumweru kimwe izana abakinnyi 2 ikeneye cyane

Muri iki cyumweru, Arsenal irateganya kongera mu ikipe yayo abandi bakinnyi babiri, kuko Mikel Arteta arashaka gukomeza ikipe ye kugira ngo izabe iri ku rwego rwo hejuru mu mwaka w’imikino 2022/23....
19 June 2022 Yasuwe: 2266 0

OTAN yatanze umuburo ukomeye ku ntambara yo muri Ukraine

Umukuru w’umuryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) yaburiye ko uyu muryango ugomba kwitegura gukomeza gufasha Ukraine muri iyi ntambara ishobora kumara imyaka.
19 June 2022 Yasuwe: 3317 0

Rodrygo Goes yahishuye ukuntu gukunda Real Madrid byatumye asuzugura se

Rutahizamu ukiri muto ariko w’umuhanga cyane Rodrygo Goes ukomoka muri Brazil yavuze ko gukunda Real Madrid byatumye asuzugura se wifuzaga ko yazakinana na Lionel Messi muri FC Barcelona....
19 June 2022 Yasuwe: 1376 0

Chamberlain ukinira Liverpool yatereye ivi umuririmbyi mu buryo bwihariye [AMAFOTO]

Umuririmbyi ukomeye wo mu itsinda rya Little Mix rikomeye mu Bwongereza witwa Perrie Edwards yemeje ko yemeye ko azabana akaramata na Alex Oxlade-Chamberlain nyuma yo kumuterera ivi akamwambikira...
19 June 2022 Yasuwe: 1561 0

Memphis Depay na bagenzi be bakiniye umupira mu ivumbi n’abana bafite ubumuga bishimisha benshi

Memphis Depay,Umuholandi ukinira FC Barcelona ari muri Ghana, mu biruhuko no mu rwego rwo gusura abana bafite ubumuga bwo kutumva no kutabona afasha binyuze muri Memphis Foundation. Memphis...
19 June 2022 Yasuwe: 1349 0