skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

IFOTO Y’UMUNSI: Abasirikare biswe aba "FDLR"batunguye benshi kubera ubuzima barimo

Bamwe mu barwanyi bivugwa ko ari abo mu mutwe wa FDLR bivugwa ko bari gufatanya na FARDC guhangana na M23, bagaragaye bamaze kurira mu isafuriya. Ifoto ikomeje gushyirwa ku mbuga nkoranyambaga...
9 June 2022 Yasuwe: 5300 1

Hamenyekanye impamvu ikomeye yatumye Thomas Partey aba Umuyisilamu

Umukinnyi wo hagati wo muri Ghana,Thomas Partey yakoze impinduka zikomeye mu buzima bwe,ubwo yahinduraga idini akava mu bakiristo akerekeza mu idini ya Islam. Thomas Partey n’umwe mu bakinnyi...
9 June 2022 Yasuwe: 1314 0

Afurika y’Epfo yahagaritse amakipe arimo iyatsinze ibitego 59-1 birimo 41 byitsinzwe

Amakipe ane yahagaritswe ubuzima bwayo bwose mu cyiciro cya kane cy’umupira w’amaguru muri Afurika y’Epfo kubera kugurisha imikino mu rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona. Abayobozi...
9 June 2022 Yasuwe: 826 0

Igisirikare cya RDC cyavuze umubare w’ingabo zihariye z’u Rwanda ziri ku butaka bwabo

Igisirikare cya RDC cyasohoye itangazo rirambuye kivuga ko ingabo 500 zidasanzwe z’u Rwanda ziri ku butaka bwayo zije gufasha umutwe wa M23 uri kurwanya ingabo z’iki gihugu. Mu itangazo ryayo...
9 June 2022 Yasuwe: 2628 0

Umukinnyi w’Iteramakofe yapfuye nyuma yo gutera amakofe ‘ahatari umuntu’ bitewe no gukubitwa bikaze

Umukinnyi w’iteramakofe wa Africa y’Epfo yapfuye nyuma yo kuva amaraso ku bwonko mu mukino wabereye i Durban muri weekend ishize. Simiso Buthelezi w’imyaka 24 ku cyumweru yari yahuye na mugenzi...
9 June 2022 Yasuwe: 936 0

Umupasiteri yabwiye umunyeshuri ko afite "igitsina gitagatifu"cyamufasha gutsinda baryamanye

Umupasiteri wo mu itorero rya Pentecostal chuarch muri Afrika y’epfo,witwa Isaac Ngwenya yatamajwe n’umunyeshuri yoherereje ubutumwa kuri whatsApp amwizeza ko afite igitsina gitagatifu [cyera]...
8 June 2022 Yasuwe: 2159 0

Amb.Karega yasubije Abakongomani basabye ko yirukanwa ku butaka bwa RDC

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega ybwiye abaturage b’iki gihugu ko ibyifuzo byabo by’uko yakwirukanwa muri iki gihugu ataribyo byakemura ikibazo...
8 June 2022 Yasuwe: 2401 0

Bugesera: Uwagaragaye yatsikamiye umuturage ari kumunigisha ndembo yafunzwe

Polisi y’u Rwanda atawe muri yombi, yagaragaye mu ifoto yashyizwe kuri Twitter n’utwa Izibyose, igaragaza umuntu wambaye ikote afite n’icyombo ari kuniga umuturage akoresheje inkoni zitwazwa...
8 June 2022 Yasuwe: 2119 0

Ubutumwa bwo kuri Facebook bwabyaye urukundo rwatumye bashyingiranwa

Umugore wo muri Kenya witwa Lynder Cherono na Brian Kigen bashakanye muri uku kwezi ku ya 4 Kamena nyuma yo gutangira umubano wabo waturutse ku butumwa bwa Facebook. Cherono yabwiye urubuga rwa...
8 June 2022 Yasuwe: 2123 0

Umugore yaciye ibintu kubera akayabo yatoraguye mu ntebe zakoze yahawe akayasubiza

Umugore utuye Calfornia muri Amerika yatunguye benshi kubera ubunyangamugayo bukomeye bwe nyuma yo gusubiza ibihumbi 36 by’amadolari yavumbuye mu ntebe yahawe yarakoreshejwe hanyuma akayasubiza ba...
8 June 2022 Yasuwe: 2102 0