skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

U Rwanda rwanyomoje ibyavugwaga ko rwishe abakongomani babiri

Uhagarariye u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ambasaderi Vincent Karega yamaganye amakuru yavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ko u Rwanda rwishe Abakongomani 2 kubera umwuka mubi...
2 June 2022 Yasuwe: 2392 1

Real Madrid yamaze kugura myugariro mushya washyizwe mu ikipe y’umwaka ya Champions League

Ikipe ya Real Madrid yamaze gutangaza ko yaguze myugariro w’Umudage, Antonio Rüdiger amasezerano y’imyaka 4 imukuye muri Chelsea aho yari yamaze gusoza amasezerano. Amasezerano ku mpande zombi...
2 June 2022 Yasuwe: 1257 0

"Turi igisirikare cyiza kurusha ibindi"-Umuvugizi wa FARDC asubiza uwari umubajije niba bahangana na RDF

Umuvugizi w’igisirikare cya RDC [cyitwa FARDC] Gen Maj Léon-Richard Kasonga yavuze ko igisirikare cyabo kiri hejuru muri Afurika ndetse cyatsinze ingamba nyinshi ku buryo n’urwa RDF ruramutse...
2 June 2022 Yasuwe: 2315 1

Umuhungu n’umukobwa bakubitiwe ku karubanda bazira kugaragara mu mashusho basambana

Umukobwa n’umuhungu bagaragaye mu mashusho y’urukozasoni yagiye ku mbuga nkoranyambaga batawe muri yombi n’abaturage bakubitirwa mu ruhame ahitwa Wa, mu majyaruguru ya Ghana. Ku wa kabiri tariki...
2 June 2022 Yasuwe: 2820 0

Imyanya mike niyo ishidikanywaho abayibanzaho: Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga Amavubi ahanganye na Mozambike

Kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Kamena 2022, nibwo Amavubi akina na Mozambique mu mukino ubanza wo mu itsinda rya 12 mu rugendo rwo gushaka itike ya CAN ya 2023 izabera muri Cote d’Ivoire utangira saa...
2 June 2022 Yasuwe: 1485 0

Amavubi adakunze guhirwa n’umukino w’umunsi wa mbere arabikora kuri Mozambike?

Kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Kamena 2022, nibwo Amavubi akina na Mozambique mu mukino ubanza wo mu itsinda rya 12 mu rugendo rwo gushaka itike ya CAN ya 2023 izabera muri Cote d’Ivoire. Amavubi...
2 June 2022 Yasuwe: 523 1

Intumwa y’Umunyamabanga wa UN muri RDC yagaragaje inzira 3 zarangiza ’burundu’ ikibazo cya M23

Intumwa y’Umunyamabanga wa ONU muri DR Congo, Bintou Keita, yavuze ko igisubizo cya gisirikare ku bushotoranyi bwose bwa M23 ari imwe mu nzira yo gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23 burundu. Mu...
2 June 2022 Yasuwe: 3218 1

US: Uwitwaje intwaro yinjiye mu bitaro arasa yica abantu 4

Abantu bane bishwe barashwe ku bitaro by’i Tulsa muri leta ya Oklahoma muri Amerika, nk’uko polisi ibitangaza. Abapolisi bavuze ko ukekwaho kubarasa, wari ufite imbunda ebyiri, nawe yapfuye....
2 June 2022 Yasuwe: 789 0

Shakira yiyemeje gutandukana na Pique bivugwa ko yamufashe ari gusambana n’undi mugore

Ikinyamakuru El Periodico cyo muri Espagne cyanditse ko umubano wa Gerrard Pique n’umuhanzikazi Shakira uri kugana mu marembera kubera amadidane uri gucamo aturuka ku gucana inyuma. Umuhanzikazi...
2 June 2022 Yasuwe: 1633 0

Musanze:Visi Meya wababaje Abanyamakuru yabahaye isezerano nyuma yo kubiseguraho

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Kamanzi Axelle, wavuzwe cyane guhera ku wa Mbere w’iki Cyumweru,nyuma yo kugaragara mu mashusho yanga gusubiza ikibazo...
2 June 2022 Yasuwe: 2019 1