skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Rwarutabura ufana Rayon Sports yakoze impanuka atabarwa ku isonga n’abafana ba APR FC

Rwarutabura uzwi cyane nk’umufana Ukomeye wa Rayon Sports yakoze impanuka ikomeye cyane kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Gicurasi 2022 ubwo yari agiye ku myitozo y’iyi kipe afana mu Nzove. Uyu...
18 May 2022 Yasuwe: 10746 0

Uburusiya bwigaruriye Umujyi wa Mariupol:Abasirikare ba nyuma ba Ukraine barimo kuhava

Urugamba rwo mu mujyi wo ku cyambu wa Mariupol mu majyepfo ya Ukraine rwarangiye nyuma y’amezi atatu ugoswe n’ingabo z’Uburusiya. Amagana y’abasirikare ba Ukraine ba nyuma kuva kuwa mbere barimo...
18 May 2022 Yasuwe: 1943 0

Umunyamategeko wa Sgt Robert Kabera afite impungenge ko ’ashobora koherezwa i Kigali’

Umunyamategeko w’umusirikare w’u Rwanda wahungiye muri Uganda yandikiye minisitiri w’intebe waho amusaba kugira icyo akora ku ’ifungwa rinyuranyije n’amategeko’ no kuba ’ashobora koherezwa i...
18 May 2022 Yasuwe: 1587 0

Kenya:Umujyi wakiriye inama ikomeye uratabaza kubera ibura rikabije ry’udukingirizo

Umujyi wa Kisumu wibasiwe n’ibura ry’udukingirizo kuko utungana n’ibihumbi 5.000 twatanzwe na leta aritwo gusa turi muri iyi ntara yakiriye imwe mu nama nini, inama ya cyenda ya AfriCities...
17 May 2022 Yasuwe: 1009 0

Biniam Girmay wakinnye Tour du Rwanda 2019 yakoze andi mateka atarakorwa n’umunyafurika mu gusiganwa ku magare

Umunya Eritrea,Biniam Girmay yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere w’umwirabura watwaye agace mu irushanwa rikuru, cyane ko mu mukino wo gusiganwa ku magare ku isi haba amarushanwa 3 gusa...
17 May 2022 Yasuwe: 1065 0

Gasabo: Umusore yambuwe n’indaya ata umutwe ajya kuryama mu irimbi

Ahagana saa yine za mu gitondo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Gicurasi 2022 nibwo umusore witwa Moses uri mu kigero cy’imyaka 29 yasanzwe mu irimbi ryo mu kagari ka Nyagatovu ko mu murenge wa...
17 May 2022 Yasuwe: 3514 0

Umukinnyi wa Newcastle yakukiye iryinyo mu mukino bahuyemo na Arsenal

Rutahizamu wa Newcastle United, Callum Wilson yakuriwe iryinyo mu mukino wabahuje Arsenal nkuko byagaragajwe n’amashusho yafashwe na Sky Sports. Rutahizamu wa Newcastle yavuye ku mukino ajya...
17 May 2022 Yasuwe: 1040 0

Bugesera: Yibye imbwa y’umuturanyi bamufata ari kuyibaga ngo agurishe inyama

Umugabo wo mu Murenge wa Gashora, Akagari ka Ramiro mu Karere ka Bugesera, yafatiwe mu cyuho abaga imbwa, nyuma yo kuyiba umuturanyi, bigakekwa ko yashakaga kugurisha inyama zayo. Nyiri itungo...
17 May 2022 Yasuwe: 1050 0

Turukiya:Perezida Erdogan yiyemeje guhangayikisha Finland na Sweden bishaka kujya muri OTAN

Perezida wa Turukiya yongeye kuvuga ko adashyigikiye ko Finland na Suède (Sweden) byinjira mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) - nyuma y’amasaha ibyo bihugu...
17 May 2022 Yasuwe: 1948 0

Umugabo ubana n’ubumuga yakoze ubukwe bw’igitangaza bwitabiriwe n’abakomeye muri Uganda [AMAFOTO]

Ku wa gatandatu, tariki ya 24 Gicurasi 2022, abantu babarirwa mu magana bateraniye mu mudugudu wa Ruguma, paruwasi ya Kikoni mu Ntara ya Ntungamo,ubwo umujyanama w’inama y’akarere y’abafite ubumuga...
17 May 2022 Yasuwe: 3126 0