skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umunyeshuri w’Umukristo yishwe na bagenzi be b’Abayisilamu ashinjwa gutuka Muhamadi

Ku wa kane, tariki ya 12 Gicurasi, abapolisi bavuze ko abanyeshuri b’abayisilamu bo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nijeriya bateye amabuye umunyeshuri w’umukirisitu hanyuma batwika...
13 May 2022 Yasuwe: 10286 0

Umutoza mushya wa Manchester yavuze abakinnyi 4 akeneye cyane

Umutoza mushya wa Manchester United,Erik Ten Hag,yemeje ko akeneye byihutirwa abakinnyi bane mu isoko ryo muri iyi mpeshyi mu rwego rwo kubaka iyi kipe yitwaye nabi muri uyu mwaka w’imikino....
13 May 2022 Yasuwe: 1580 0

Umugabo yanize umugore we apfa bitunguranye ari kumushyingura wenyine

Polisi yo muri Caroline y’Amajyepfo muri Amerika yavuze ko umugabo wanize umukunzi we,nawe yahise apfa azize indwara y’umutima ubwo yamushyinguraga mu gikari cyabo wenyine. Joseph McKinnon...
13 May 2022 Yasuwe: 1128 0

Uko Mpiranya Protais yihishe ubutabera kugeza apfuye muri 2006 ntibubimenye

Protais Mpiranya, umwe mu bakekwagaho uruhare muri jenoside washakishwaga yarapfuye, nk’uko urwego rwasimbuye urukiko rwashyiriweho u Rwanda rwabitangaje.
13 May 2022 Yasuwe: 672 1

Ababyeyi bajyanye mu nkiko umwana wabo kubera kutabaha umwuzukuru

Ababyeyi bo muri leta ya Uttarakhand mu majyaruguru y’Ubuhinde bareze umuhungu wabo umwe wenyine bafite kubera ko atarabaha umwuzukuru nyuma y’imyaka itandatu ashatse umugore. Sanjeev, w’imyaka...
13 May 2022 Yasuwe: 817 0

Rwa rubyiruko rwafashwe ruri gukubita umuyobozi wa "Neptunez Band" rwakatiye igifungo cy’imyaka 11

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igifungo cy’imyaka 11 n’amezi atandatu Nkuranga Alex Karemera na mugenzi we Soteri Junior Gatera Kagame, nyuma yo guhamwa n’ ibyaha birimo icyo gukubita...
12 May 2022 Yasuwe: 2005 0

Lionel Messi yahize abandi bakinnyi bose bo ku isi kwinjiza akayabo muri uyu mwaka

Ikinyamakuru Forbes gishyira hanze amakuru ku baherwe n’abinjiza agatubutse ku isi cyashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 10 bishyuwe akayabo mu mwaka wose. Kuri uyu wa gatatu,nibwo Forbes...
12 May 2022 Yasuwe: 1181 0

AS Kigali yatsinze Police FC itera intambwe ikomeye yo kugera ku mukino wa nyuma

Ikipe ya As Kigali ibifashijwemo n’igitego cya Hussein Tchabalala cyabonetse mu gice cya mbere cy’umukino, yatsinze Police FC mu mukino ubanza wa 1/2 mu gikombe cy’Amahoro 2022 wabereye kuri Stade...
12 May 2022 Yasuwe: 1149 0

Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yapfuye 2006

Protais Mpiranya washakishwaga n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) byemejwe ko yapfuye tariki 5 Ukwakira 2006 i Harare muri Zimbabwe. Mpiranya yari uwa nyuma ku...
12 May 2022 Yasuwe: 1865 0

Mohamed Salah yivuze ibigwi karahava anaburira Real Madrid

Umunyamisiri Mohamed Salah uheruka gutorwa n’abanyamakuru bandika mu Bwongereza nk’umukinnyi w’umwaka wa 2022 yavuze ko abakinnyi bake ku isi aribo banganya ubuhanga nawe. Mohamed Salah yitwaye...
12 May 2022 Yasuwe: 1696 0