skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mohamed Salah yateye impungenge abafana be kubera ibyo yatangaje nyuma y’aho Misiri itsinzwe na Senegal

Kapiteni wa Misiri,Mohamed Salah,yateye benshi kwibaza kubera ibyo yatangaje mu rubuga ahuriramo na bagenzi be bakinana mu ikipe y’igihugu ya Misiri nyuma yo gutsindwa ubugira kabiri na Senegal...
31 March 2022 Yasuwe: 3238 0

Leta y’u Rwanda yamaganye abayobozi bakoresha imbaraga z’umurengera mu gukingira abaturage Covid-19

Bamwe mu baturage binubira ibikorwa bibahutaza by’inzego z’ibanze mu byaro bikorerwa abatarakingirwa. Nkuko bamwe babitangarije BBC,hari abavuze ko bashorwaho imikwabu ya hato na hato yinjira no...
31 March 2022 Yasuwe: 2325 0

Umutoza wanyuze mu Rwanda yashimagije Carlos Alos Ferrer wahawe gutoza Amavubi

Uwahoze ari umutoza wa Mukura VS ndetse akanahabwa akazi ko gutoza mu ishuri ryigisha umupira rya FC Barcelona,yavuze ko u Rwanda rwabonye umutoza mwiza kuko yakoranye na Carlos Alos Ferrer...
31 March 2022 Yasuwe: 1262 0

Abikingije Covid-19 byuzuye boroherejwe kwinjira muri Uganda

Igihugu cya Uganda cyatangaje ko abikingije byuzuye Covid-19 bemerewe kwambuka bakerekeza muri Uganda badasanzwe ibipimo bya Covid-19 bya PCR byagoye benshi kubera ko bihenze. Mu itangazo...
31 March 2022 Yasuwe: 2369 0

Ibyo wamenya kuri "Tour d’Eiffel" umunara muremure urimbisha umujyi wa Paris

Umunara muemure wa Eiffel"Tour d’Eiffel",niwo munara wamaze imyaka 40 ariwo kintu kirekire ku isi nyuma yo kubakwa mu mujyi mwiza cyane wa Paris. Tour d’Eiffel, yafunguwe ku mugaragaro i Paris...
31 March 2022 Yasuwe: 1319 0

Amerika yibasiye cyane abajyanama ba Putin

Ibiro bya perezida wa Amerika bivuga ko Perezida Vladimir Putin ayobywa n’abajyanama be bafite ubwoba bwo kumubwira ko intambara muri Ukraine irimo kugenda nabi. White House ivuga kandi ko Putin...
31 March 2022 Yasuwe: 1570 0

Bruce Willis wakunzwe muri filimi zitandukanye yasezeye kubera impamvu ikomeye

Umukinnyi wa Filime w’icyamamare,Bruce Willis w’imyaka 67,yahagaritse gukina filimi kubera uburwayi bwa Aphasia butamworoheye. Umuryango wa Bwana Willis watangaje ko uyu mukinnyi asezeye muri...
30 March 2022 Yasuwe: 1278 0

Abagenderaga mu tugare basabiriza bumvise ko polisi ije kubafunga bahinduka bazima bariruka

Gutungurana no kumirwa nibyo byuzuye mu mujyi wa Thika, muri Kenya, aho abantu benshi bari batunzwe no gusabiriza bicaye mu tugare tw’abamugaye bagaragaye biruka cyane nta kibazo bafite nyuma y’aho...
30 March 2022 Yasuwe: 7113 0

Akavuyo k’abafana ba Nigeria katwaye ubuzima bw’umukozi wa FIFA

Ku munsi w’ejo, abafana ba Nigeria binjiye mu kibuga nyuma yo kunganya na Ghana igitego 1- 1, batuma abakinnyi n’abayobozi bahunga mu rwego rwo gukiza amagara yabo ariko umukozi wa FIFA ushinzwe...
30 March 2022 Yasuwe: 2491 0

Ibihugu by’i Burayi byatangiye kwirukana Abadipolomate benshi b’Uburusiya

Nyuma y’aho Igihugu cy’Ubuholandi cyirukaniye abakozi ba Ambasade y’igihugu cy’Uburusiya muri icyo gihugu kuri uyu wa kabiri, ibindi bihugu byi Burayi byakurikiyeho bitangira kwiruakana...
30 March 2022 Yasuwe: 1895 0