skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

RDC:Impanuka ya Gari ya Moshi yaguyemo abarenga 61

Abo muri Kompanyi ya Gari ya moshi ya Leta ndetse n’abaturage bavuga ko hari impanuka ya gari ya moshi yabereye mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo...
13 March 2022 Yasuwe: 1016 0

Amafaranga y’abarusiya Ubwongereza bwafatiriye angana gute?

Ubwongereza bwafatiye ibihano abantu ku giti cyabo, amabanki n’ibigo by’ubucuruzi, byose bifitanye isano n’Uburusiya kubera intambara bwashoje kuri Ukraine. Leta y’Ubwongereza ikomeje kwotswa...
13 March 2022 Yasuwe: 2413 0

Cristiano Ronaldo yatsindiye United ibitego 3 imbere ya Spurs akora agahigo gakomeye cyane ku isi

Kizigenza wa Manchester United, Cristiano Ronaldo, yaciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku Isi utsinze ibitego byinshi mu marushanwa yemewe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA...
13 March 2022 Yasuwe: 1544 0

Rayon Sports yahagamwe na Espoir FC yuzuza imikino 3 nta ntsinzi

Ikipe ya Rayon Sports yaherukaga kunganya na Etoile de l’Est na APR FC,yanganyije igitego 1-1 na ESPOIR FC mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali. Muri uyu mwaka...
12 March 2022 Yasuwe: 1417 0

Guverinoma ya UK yambuye Abramovich kuba Perezida wa Chelsea ahita ahabwa itegeko rikomeye

Nyuma yo gufatirwa ibihano na guverinoma y’Ubwongereza, Ubuyobozi bwa Premier League nabwo bwafashe icyemezo cyo kwambura Roman Abramovich kuba umuyobozi w’ikipe ya Chelsea FC. Premier league...
12 March 2022 Yasuwe: 3806 0

Hamenyekanye ikigugu cyegukanye rutahizamu Haaland uri mu beza ku isi

Ikipe ya Borussia Dortmund ifite ubwoba ko rutahizamu Erling Haaland azerekeza muri Manchester City muri iyi mpeshyi. Iyi kipe y’igihangange mu Budage yari yizeye kumvisha uyu musore ukiri muto...
12 March 2022 Yasuwe: 3869 0

Dr.Igabe wari washinjwe kwiha impamyabumenyi y’ikirenga atakoreye yafunguwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr Igabe Egide ukurikiranyweho guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha inyandiko mpimbano, afungurwa by’agateganyo agakomeza kuburana ari...
12 March 2022 Yasuwe: 1706 0

Umugabo yarashe umwana we akimara kuvuka kubera ko yaje ari umukobwa

Igipolisi cya Pakisitani cyafashe umugabo bivugwa ko yarashe umwana we w’umukobwa w’iminsi irindwi kubera ko atamushakaga kuko yifuzaga ko imfura ye iba umuhungu. Abayobozi ba polisi bavuga ko...
12 March 2022 Yasuwe: 2291 0

Hashyizweho impinduka 4 zikomeye mu gutora umukinnyi wegukana Ballon d’Or

Ikinyamakuru cyo mu Bufaransa,FRANCE FOOTBALL cyatangaje impinduka enye z’ingenzi mu gutora abazegukana ibihembo bya Ballon d’Or bitaha. Ubusanzwe,iki kinyamakuru gitanga Ballon d’Or ku bagabo...
12 March 2022 Yasuwe: 1421 0

Umukobwa washinje Ndimbati kumutera inda akiri muto yavuze icyo amwifuzaho

Umukobwa witwa Kabahizi Fridaus uherutse kurikoroza mu binyamakuru avuga ko yatewe inda na Ndimbati wamusindishije akamufata ku ngufu,yavuze ko atifuza ko iki cyamamare muri sinema gifungwa ahubwo...
12 March 2022 Yasuwe: 4191 0