skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kuki Biden atazohereza ingabo kurwanya Uburusiya muri Ukraine ?

Perezida Joe Biden yashyize umuhate uboneka muri diplomasi mu kurwanya ibitero byari byugarije by’Uburusiya kuri Ukraine. Ubutegetsi bwe bwakomeje kuburira ko Uburusiya bugiye gutera - kandi...
25 February 2022 Yasuwe: 5753 0

U Burusiya bwavuze ikintu Ukraine yakora bugahagarika intambara

Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko cyafunze inzira ihuza umurwa mukuru wa Ukraine,Kyiv n’u Burayi, nyuma yo gufata ikibuga cy’indege cya Homstel cyegereye uyu Murwa Mukuru. Kuri uyu wa...
25 February 2022 Yasuwe: 11547 2

Abamotari bakemuriwe ibibazo by’ingutu byatumye bigaragambya

Abamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagiye guhurira mu nama n’ubuyobozi mu nzego zirimo za Minisiteri, Polisi, RURA n’izindi, kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo. Muri iyi nama hafatiwemo imyanzuro...
25 February 2022 Yasuwe: 1992 0

Mugisha Samuel yababajwe bikomeye no kuva muri Tour du Rwanda 2022

Umunyarwanda Mugisha Samuel wakiniraga Pro Touch yo muri Afurika y’Epfo yababajwe no kuva mu isiganwa rya Tour du Rwanda ritarangiye kubera uburwayi. Mugisha Samuel yavuye muri iri rushanwa uyu...
25 February 2022 Yasuwe: 1560 0

UEFA yatangaje umujyi mushya uzakira umukino wa nyuma wa UEFA Champions League wambuwe Russia

Byamaze kwemeza n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi ko umukino wa nyuma wa Champions League utzabera I Saint-Peterburg nkuko byari byemejwe ahubwo uzakinirwa I Paris ku...
25 February 2022 Yasuwe: 1466 0

Ingabo z’u Burusiya zamaze kwinjira mu Murwa Mukuru wa Ukraine

Abasirikare b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje baciye kuri Twitter. Minisiteri y’ingabo ya Ukraine yavuze ko "umwanzi" yageze mu karere ka Obolon, kuri...
25 February 2022 Yasuwe: 4043 1

Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda yakiriye mugenzi we w’u Burundi bagirana ibiganiro

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel yakiriye mugenzi we w’u Burundi, Banyankimbona Domine uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Abayobozi b’impande...
25 February 2022 Yasuwe: 964 0

Uwari warakatiwe urwo gupfa kubera kwica yishwe n’ibyishimo nyuma yo kumenya ko yababariwe

Umugabo wari warakatiwe urwo gupfa yanejejwe cyane no kumenya ko umuryango w’uwo yishe wamubabariye kandiko atakimanitswe nkuko yari yarabikatiwe,ibyishimo biramurenga birangira umutima we uhagaze....
25 February 2022 Yasuwe: 5470 0

Perezida wa Ukraine yanenze amahanga yabatereranye,avuga uko intambara ihagaze

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, ingabo z’u Burusiya zatangiye kurasa ibisasu ku Murwa Mukuru w’iki Gihugu Kyiv. Yasabye Abanya-Ukraine...
25 February 2022 Yasuwe: 4544 1

Arteta yahishuye ubutumwa yahaye abakinnyi be mu kiruhuko bigatuma bigaranzura Wolves

Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yavuze ku kiganiro yagiranye n’abakinnyi be mbere y’uko igice cya kabiri gitangira,kikabafasha gutsindaWolves ibitego 2-1 mu mukino wa Premier League waraye ubaye.
25 February 2022 Yasuwe: 908 0