skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugore n’abana be bafunzwe bazira kwambika ubusa uwo bashinja kumutwarira umugabo

Polisi y’ahitwa Balaka, muri Malawi yataye muri yombi umubyeyi n’abana be bombi bazira gukubita no kwambika ubusa umugore mu muhanda wuzuyemo abantu, nyuma yo kumushinja ko aryamana n’umugabo we....
18 February 2022 Yasuwe: 2249 0

RIB yafunze Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho ukekwaho ibyaha birimo ruswa y’ishimishamubiri

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwafashe Nsengiyumva Silas, Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru ukurikiranyweho ibyaha bya ruswa y’ishimishamubiri rishingiye ku...
18 February 2022 Yasuwe: 1599 1

Umukecuru w’imyaka 102 arashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Nigeria

Umunya Nigeria w’imyaka 102, Nonye Josephine Ezeanyaeche, yatangaje ko yifuza kuzitabira amatora ya perezida w’iki gihugu azaba muri 2023. Nonye Josephine Ezeanyaeche, uzwi kandi ku izina...
18 February 2022 Yasuwe: 967 0

Umukobwa yafashe icyemezo gitangaje nyuma yo kwangirwa kwinjira I Vatican yambaye impenure

Ku ya 30 Mutarama, umukobwa witwa Juju Vieira ukomoka muri Brazil, yasuye Basilika ya Mutagatifu Petero ya Papa i Vatican, yambaye imyendamigufi hamwe n’inkweto ndende zimeze nka Bote. Avuga...
18 February 2022 Yasuwe: 2422 0

BNR yazamuye inyungu ku mafaranga yayo, bivuze iki ku muturage?

Banki nkuru y’u Rwanda (BNR) yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo itangiraho amafaranga yayo kuri banki z’ubucuruzi, icyemezo bamwe bakomeje kwibaza icyo kivuze ku buzima busanzwe bw’umuturage....
18 February 2022 Yasuwe: 911 0

Samuel Eto’o yategetswe kwishyura akayabo k’indezo y’umwana yabyaye akamwihakana

Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea na Barcelona, ​​Samuel Eto’o,ubu akaba ari perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Cameroon byemejwe ko ari we ubyara umukobwa w’imyaka 22 utuye I Madrid....
18 February 2022 Yasuwe: 1665 0

"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda witabiriye inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika yunze Ubumwe (AU) ibera mu Bubiligi,yavuze ko imiyoborere myiza ari nk’umubiri bityo ikwiye...
18 February 2022 Yasuwe: 713 0

Uburusiya buri gushaka imbarutso yo gutera Ukraine-US

Uburusiya buri guhimba impamvu yaba imbarutso yo gutera Ukraine mu minsi iri imbere, nk’uko leta ya Amerika ibivuga. Kuwa kane Perezida Joe Biden yavuze ko ibitero bya gisirikare bishobora...
18 February 2022 Yasuwe: 749 0

Umuhanda Kigali-Musanze wongeye kuba nyabagendwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Kigali-Musanze wari wangijwe n’ibiza mu Karere ka Rulindo biturutse ku mvura nyinshi yaguye kuri uyu wa Kane, wongeye kuba nyabagendwa. Mu itangazo yari...
18 February 2022 Yasuwe: 387 0

Rulindo: Imvura nyinshi yasenye inzu yarimo umuturage ahita ahasiga ubuzima

Imvura nyinshi yaguye mu mudugudu wa Gitaba,akagari ka Giko mu murenge wa Bushoki ho mu karere ka Rulindo yasenye inzu ya Iyakaremye Jean de Dieu w’imyaka 52,birangira ahasize ubuzima Amakuru...
17 February 2022 Yasuwe: 1665 0