skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Lomami Marcel yafashwe n’ikiniga ubwo yabazwaga kuri Marines FC yanyagiye Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje inzira igana ahabi kuko yanyagiwe na Marines FC itari mu makipe yayigoraga ibitego 3-0 byatumye umutoza w’agateganyo w’iyi kipe ikundwa na benshi mu Rwanda avuga ko...
24 January 2022 Yasuwe: 1374 0

"50-60 ku ijana by’inzira itujyana aheza yarabonetse "-Mukuralinda ku kibazo cy’u Rwanda na Uganda

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain, yatangaje ko icyizere ku izahuka ry’umubano na Uganda wari umaze imyaka itanu urimo agatotsi kigeze kuri...
24 January 2022 Yasuwe: 1999 0

Bugesera:Yemeye ko yibye moto ya mugenzi we kubera ko yagiye kunywa inzoga ntamuhe

Mu ijoro rya tariki ya 21 Mutarama Polisi ku bufatanye n’izindi nzego bagaruje moto ya Maniragaba Janvier w’imyaka 37 bicyekwa ko yari yibwe na Hitayezu Ildephonse w’imyaka...
24 January 2022 Yasuwe: 848 0

Kevin de Bruyne yashyize hanze abakinnyi 5 akunda barimo 3 bo muri Premier League

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City Kevin De Bruyne yashyize ahagaragara ikipe ye y’abakinnyi 5 irimo abakinnyi batatu bakina muri Premier League. Mu kiganiro aherutse kugirana na Rio...
24 January 2022 Yasuwe: 2273 0

Umugabo yarokokeye mu mapine y’indege yagenze amasaha 11 yerekeza Amsterdam

Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo. Indege zivuye i Johannesburg...
24 January 2022 Yasuwe: 1218 0

Tuniziya yitwaye nabi cyane mu matsinda ya AFCON2021 yasezereye Nigeria yari yakoze agahigo

Ikipe ya Tunisia itahabwaga amahirwe na benshi mu bakunzi ba ruhago imbere ya Nigeria muri 1/16 cya AFCON 2021,yakoze ibitangaza isezerera iki kigugu cyari cyiganjemo abakinnyi bakiri bato...
24 January 2022 Yasuwe: 518 0

Hon.Bamporiki yasubije abavuga ko Urugamba rwo kubohora u Rwanda atari ubutwari

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umuco,Hon.Bamporiki Edouard yatangaje ko kuba Inkotanyi zarabohoye u Rwanda ari ubutwari bukomeye kuko zanze ubuhunzi no kuba kure y’igihugu cyabo ndetse...
23 January 2022 Yasuwe: 1328 0

Rayon Sports yandagajwe bikomeye na Marines FC

Ikipe ya Marines FC yatsinze Rayon Sports ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 14 wa Shampiyona waberaga i Nyamirambo, ifata umwanya wa karindwi n’amanota 18. Uyu mukino wagombaga kuba watangiye saa...
23 January 2022 Yasuwe: 2256 0

Zimbabwe: Haravugwa inzoka ifata ku ngufu abagore ikiba amafaranga abagabo batazi gutera akabariro

Abaturage bo mu Mudugudu wa 5 wa Inyathi, muri Zimbabwe batangaje inkuru idasanzwe ivuga ko inzoka y’amayobera irimo ’gufata ku ngufu’ abagore, igakubita abagabo bafite ibibazo byo gutera akabariro...
23 January 2022 Yasuwe: 4532 0

Umupolisi yapfuye ubwo yarimo gutera akabariro n’umugore

Umupolisi yemejwe ko yapfuye ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore bivugwa ko ari indaya yo mu mujyi wa Ndhiwa, mu ntara ya Homabay, muri Kenya. Umuyobozi wa polisi mu gace ka Ndhiwa, Paul...
23 January 2022 Yasuwe: 3455 0
0 | ... | 8630 | 8640 | 8650 | 8660 | 8670 | 8680 | 8690 | 8700 | 8710 | ... | 24580