skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Yafunzwe ashinjwa guhimba impamyabumenyi y’ikirenga atakoreye

Kuri uyu wa Gatanu,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwatangaje ko rwafunze uwitwa Igabe Egide ukurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano y’impamyabumenyi y’icyiciro gihanitse cya Kaminuza...
7 January 2022 Yasuwe: 1694 2

Abatwara moto n’abagenzi bose bagomba kuba barikingije [Amabwiriza mashya]

Mu mabwiriza mashya Guverinoma y’u Rwanda yatangaje,kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mutarama 2022, mu gukomeza guhangana na Covid-19, abagenzi bo kuri moto n’amagare hamwe n’ababatwaye,bose bagomba kuba...
7 January 2022 Yasuwe: 1615 0

Umugore yapfuye amaze kubyara impanga nyuma y’imyaka 10 yari amaze ategereje urubyaro

Umugore wo muri Nigeria, Gloria Chiaka Adéribigbe, yapfuye nyuma y’iminsi ibiri yibarutse impanga yabonye nyuma y’imyaka icumi yari amaze arushinze, yarabuze umwana. Nk’uko umuvandimwe we, Nancy...
7 January 2022 Yasuwe: 2701 0

Ruhango: Umugore yatawe muri yombi azira gusaba abantu amafaranga ngo ababo bafunzwe bafungurwe

Polisi ikorera mu ntara y’amajyepfo yavuze ko yataye muri yombi umugore wagaragaye mu minsi mike asaba amafaranga bamwe mu baturage bafite abantu bafunzwe avuga ko yatumwe n’umuyobozi wa polisi mu...
7 January 2022 Yasuwe: 1842 0

Nigeria: Abitwaje intwaro bashimuse abashinwa 3

Polisi muri Nijeriya yavuze ko abagabo bitwaje intwaro bishe abakozi babiri bakorera ku rugomero rw’umuriro w’amashanyarazi muri leta ya Nijeri,banashimuta abakozi batatu b’abashinwa. Polisi...
7 January 2022 Yasuwe: 278 0

Umukinnyi uri mu bo APR FC igenderaho yakize imvune yari amaranye ukwezi

Umukinnyi wo ku ruhande ukina asatira mu ikipe y’ingabo z’igihugu kwitonda Alain yatangaje ibijyanye n’imvune afite n’igihe azagarukira mu kibuga. Ni mu kiganiro uyu mukinnyi kwitonda yagiranye...
7 January 2022 Yasuwe: 1373 0

Manchester City iracyayoboye izindi kipe mu Bwongereza mu kugira abakinnyi bahenze cyane ubateranyije...

Ikipe ya Chelsea yaciye kuri Manchester United ku rutonde rw’amakipe afite abakinnyi bahenze ubateranyije mbere y’uko isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi rirangira muri uku kwezi kwa mbere...
7 January 2022 Yasuwe: 1041 0

Ruhango: Umugabo yishe umugore we yashinje kumuca inyuma arangije ariyahura

Umugabo witwa Karumuna Fulgence wo mu Karere ka Ruhango yishe umugore we amutemesheje umuhoro, akuraho umutwe na we ahita yimanika mu mugozi arapfa anasiga yanditse urwandiko rugaragaza ko...
7 January 2022 Yasuwe: 1378 0

"Ubanza abantu badasinzira kubera amasezerano yanjye"-Mashami Vincent

Umutoza w’ikipe y’igihugu "Amavubi"Mashami Vincent yatangaje ko abona hari abantu amasezerano ye mu Mavubi yabereye umutwaro kuko ngo buri gihe babimubazaho cyane. Ibi Mashami Vincent...
7 January 2022 Yasuwe: 980 0

U Rwanda rwavuze ku kibazo cy’Abanyarwanda 8 bari bagiye kwirukanwa na Niger

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kwakira abanyarwanda 8 bari bahawe ubuhunguro na Niger nyuma yo gukurikiranwaho ibyaha bya Jenoside bamwe bakagirwa abere abandi bakarangiza...
7 January 2022 Yasuwe: 1350 0
0 | ... | 8840 | 8850 | 8860 | 8870 | 8880 | 8890 | 8900 | 8910 | 8920 | ... | 24580