skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ibyihebe bya IS byateguje kugaba ibitero ku bibuga bikinirwaho 1/4 cya Champions League

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic state wasohoye inyandiko ivuga ngo ’Bice Bose’ hamwe n’urutonde rw’ibibuga by’umupira w’amaguru uzagabaho ibitero byose bizakinirwaho 1/4 cya UEFA Champions...
9 April 2024 Yasuwe: 1455 0

Uwayoboye Mukura VS yahishuye ukuntu Perezida Kagame yabafashije kuyizura nyuma ya Jenoside

Uwigeze kuba Visi Perezida wa Mukura VS, Kabundi Jean de Dieu, yavuze ko iyi Kipe y’i Huye yashegeshwe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse ko impano Perezida Kagame yabahaye yabateye...
9 April 2024 Yasuwe: 757 0

Rev Rutayisire yahishuye icyamubabaje cyane ku banyamadini nyuma ya Jenoside

Rev Pst Antoine Rutayisire yavuze ko yatewe umujinya no kubona nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abihayimana barakomeje gutanga inyigisho nk’uko byahoze mu gihe abantu bari bafite...
9 April 2024 Yasuwe: 1138 0

Ubuyobozi bw’Abayisilamu mu Rwanda bwasabye ikintu gikomeye ku irayidi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 10 Mata 2024, ari umunsi w’ikiruhuko cyo kwizihiza Eid al-Fitr no gusoza Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan ku...
9 April 2024 Yasuwe: 1664 0

Hamenyekanye icyatumye Perezida Tshisekedi ajya mu Bubiligi rwihishwa

Amakuru aravuga ko perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi yaba arwariye mu Builigi mu ibanga rikomeye.
9 April 2024 Yasuwe: 4735 0

RDC: Habaye agahenge hagati ya FARDC na M23 muri Masisi na Rutshuru

Agahenge kenshi kagaragaye kuri uyu wa mbere, 8 Mata,kuko nta kurasana kwabaye hagati ya FARDC na M23 muri Teritwari ya Rutshuru na Masisi (Kivu y’Amajyaruguru).
9 April 2024 Yasuwe: 1074 0

RDC: Inyeshyamba zishe abantu 34 mu minsi itatu gusa muri Ituri

Mu gihe cy’iminsi itatu, abarwanyi ba CODECO bishe byibuze abantu 34 mu gace ka Djugu, nk’uko abayobozi babitangaje ku wa mbere tariki 08 Mata.
9 April 2024 Yasuwe: 479 0

Perezida Kagame yatanze isezerano rikomeye ku mubano w’u Rwanda n’Ubufaransa

Perezida Paul Kagame yavuze ko umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa bazakomeza kuwusigasira neza,kugira ngo ube mwiza kurushaho.
9 April 2024 Yasuwe: 967 0

Hamenyekanye igihugu perezida Tshisekedi aherereyemo

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze iminsi avugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvugwa ko atari mu gihugu ndetse n’aho yerekeje...
9 April 2024 Yasuwe: 2302 0

Isirayeri yemeje italiki yo kugaba ibitero mu mujyi wa Rafah

Ministri w’Intebe wa Isirayeri, Benjamin Netanyahu ejo kuwa mbere yatangaje ko itariki yo kugaba ibitero mu majyepfo y’intara ya Gaza mu mujyi wa Rafah yamaze...
9 April 2024 Yasuwe: 1010 0
0 | ... | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | ... | 23740