skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ishyaka PDI ryishimiye ibyo rimaze kugeraho ku isabukuru y’imyaka 30 rimaze rishinzwe

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Ugushyingo 2021,nibwo ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi ryizihije isabukuru y’imyaka 30 rishinzwe aho ryishimiye intambwe rimaze gutera kuva ryashingwa mu bihe...
1 December 2021 Yasuwe: 1017 0

Nyagatare: Inkuba yakubise inka 12 n’intama 2 z’umuturage birapfa

Kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 30 Ugushyingo 2021,mu masaha ya mbere ya saa sita, mu Karere ka Nyagatare haguye imvura irimo inkuba ikubita inka 12 n’intama 2 z’umwe mu baturage wo mu Mudugudu wa...
30 November 2021 Yasuwe: 1254 0

Lionel Messi yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwegukana Ballon d’Or

Lionel Messi yasibye imyitozo ya Paris Saint-Germain kuri uyu wa kabiri kubera uburwayi butera gucibwamo no kuruka wa gastroenteritis. Ubu burwayi bwaje nyuma y’aho uyu munyabigwi wa Argentine...
30 November 2021 Yasuwe: 4047 0

Klopp yahishuye icyamubabaje cyane mu bihembo bya Ballon d’Or

Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp, yemeje ko "yatunguwe"n’uko Mohamed Salah yarangije ku mwanya wa karindwi ku rutonde rw’abahatiniye Ballon d’or mu ijoro ryo ku wa mbere. Lionel Messi...
30 November 2021 Yasuwe: 2744 0

Hasohotse amafoto ya Diamond Platnumz na The Ben bari gukora amashusho y’indirimbo bakoranye

Hasohotse amafoto aca amarenga y’indirimbo imaze iminsi ivugwa ko iri gukorwa na The Ben wo mu Rwamda n’icyamamare muri muzika Diamond Platinumz wo muri Tanzania. Mu cyumweru gishize nibwo The...
30 November 2021 Yasuwe: 1636 0

KWIZERA Olivier yasubiye mu ikipe ya Rayon Sports [AMAFOTO]

Umunyezamu Kwizera Olivier wari umaze iminsi yingingwa cyane na Rayon Sports ngo ayongerere amasezerano,yemeye kuyisubiramo nyuma yo kwishyurwa amafaranga yasabaga n’itsinda ry’abafana ba Rayon...
30 November 2021 Yasuwe: 1587 0

Rihanna yagizwe intwari ya Barbados cyiyomoye ku mwamikazi Elizabeth wa II

Umuhanzikazi Robyn Fenty Rihanna, yagizwe intwari y’igihugu cye cya Barbados mu muhango ukomeye iki gihugu cyakoze wo gukuraho Umwamikazi Elizabeth II kigahinduka repubulika nshya ku isi.
30 November 2021 Yasuwe: 1087 0

Hamenyekanye aho Alpha Condé yajyanywe nyuma yo guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare

Agatsiko k’abasirikare bafashe ubutegetsi muri Guinea batangaje ko uwo bahiritse Alpha Condé yajyanywe kuba mu rugo rw’umugore we ruri mu murwa mukuru Conakry. Aka gatsiko kazwi nka National...
30 November 2021 Yasuwe: 2985 0

Kicukiro: Imodoka yari itwaye abanyeshuri yafashwe n’inkongi y’umuriro

Imodoka yari itwaye abanyeshuri yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari mu muhanda Nyanza-Karembure uherereye mu Karere ka Kicukiro. Ahagana saa moya za mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki...
30 November 2021 Yasuwe: 2627 0

Umuryango wa Rwigara urishyuzwa amafaranga arenga Miliyoni 349 FRW

Urukiko rw’ubucuruzi mu Rwanda rwanzuye ko Umuryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ugomba kwishyura miliyoni zisaga 349 y’umwenda utishyuye banki y’ubucuruzi ya Cogebank. Abo mu muryangio...
30 November 2021 Yasuwe: 1541 0