Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ukuboza, 2017 nibwo umunyamakuru Nibishaka Jean Baptiste wa Radio/Tv10 yarushinze n’umukunzi we bamaranye igihe mu rukundo.
Nibishaka Jean Baptiste yamamaye mu...
Mu mukino w’umunsi wa 10 wa Azam Rwanda Premier League Police FC iki ya Police FC yari yakiriyemo Sunrise FC ku Kicukiro, umukino warangiye ikipe ya Sunrise FC ibashije kwicara ku mwanya wa...
Ni inkuru idashobora kumvikana neza mu mitwe ya bafana be!Urban Boys imyaka icumi bafatanye agatoki Safi na Nizzo barekurana!Humble Jizzo yakomeje kugaragaza ko ariwe mukuru muri bose agatuza...
Karongi- Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Ukwakira 2017 Mu kagari ka Bisesero, umurenge wa Rwankuba habonwe ‘Grenades’ zo mu bwoko bwa Tortoise.
Mu gitondo cy’uyu munsi ahagana saa tatu nibwo...
Mukasine Asinah, umuririmbyi w’umunyadushya mu njyana ya Dancehall yashyize hanze ifoto imugaragaza yambaye ipantalo ari mu myitozo, bamwe bashidikanya ku ngano y’igitsina cye.
Ni ifoto yashyize...
Umuririmbyi Phionah Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, aherutse gutangaza ko urukundo yagiranye n’umuhanzi mugenzi we, Mico The Best rwari rugamije kuvugwa cyane mu gihe...