skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Kagame yatoye uwo yifuza ko yaba Perezida w’u Rwanda 2017-2024-AMAFOTO

Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi akaba ari guhatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 7 ikurikiyeho, na we ni umwe mu banyarwanda bamaze gutora kuri uyu wa 04 Kanama uyu mwaka....
4 August 2017 Yasuwe: 7115 0

Remera: Abagenzi baheze muri gare harimo imodoka zitarenze 5, ibiciro by’ingendo byazamuwe

Bamwe mu baturage bari mu gare ya Remera mu karere ka Kicukiro baravuga ko batishimiye uburyo babuze imodoka zo kubatwara mu byerekezo byajyagamo, ngo kubera ko ari sositeye zitandukanye bahisemo...
4 August 2017 Yasuwe: 1739 0

Miss Aurore aherekejwe n’uwo bagiye kurushinga batoye Perezida-AMAFOTO

Miss Aurore Kayibanda wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012, yaherekejwe n’umukunzi we , Mbabazi Egide berekeza ahaberaga ibikorwa by’itora mu gihugu cya Turquie. Kuri uyu wa Kane tariki...
4 August 2017 Yasuwe: 4301 0

Barafinda wari kumwe n’umugore we yavuze icyo yifuza azakorerwa n’umukandida yatoye

Barafinda Sekikubo Fred, umwe mu bashatse kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika, yasabye umukandida yatoye kuzakuraho imisoro ku mazu, imisoro ku butaka no kubacuruzi. Barafinda...
4 August 2017 Yasuwe: 11120 7

Umugore wa Frank Habineza yavuze iby’ ingenzi yaheraho abaye ‘First Lady’

Kabarira Edith, umugore wa Dr Frank Habineza, yavuye i Burayi ahita atangira gufasha umugabo we mu bikorwa byo kwiyamamaza, ubwo yari Kimironko aho yatoreye yavuze ko naba abaye First lady...
4 August 2017 Yasuwe: 6659 1

Frank Habineza yizeye gutsinda ku majwi 70% n’ubwo hari indorerezi ze zangiwe gukora

Dr Frank Habineza watanzwe n’ishyaka Green Party avuga ko afite icyizere gikomeye cyo gutsinda amatora y’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, ku kigereranyo cy’amajwi agera kuri 70%. Ngo amatora n’aba...
4 August 2017 Yasuwe: 824 0

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora igiye gukurikirana abifotoye bari mu cyumba cy’itora

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda, NEC yaburiye abifotoye bari mu byumba by’itora ko bashobora gukurikiranwa nk’abanyabyaha bose kuko bishe amategeko agenga amatora. Ubwo abanyarwanda baba...
4 August 2017 Yasuwe: 830 0

Miss Kundwa yanyuzwe n’umusanzu we mu kubaka igihugu binyuze mu gutora Perezida

Kundwa Doriane , Nyampinga w’u Rwanda 2015 uri kubarizwa mu gihugu cya Canada ku mugabane wa Amerika, yavuze ko ari ishimwe rikomeye kuri we kuba abashije kwitorera umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda...
4 August 2017 Yasuwe: 851 0

Uko ibikorwa by’amatora byagenze mu gihugu hose

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
4 August 2017 Yasuwe: 3293 1

Nta kigaragara cyarogoya amatora ya Perezida wa Repubulika - Indorerezi za COMESA

Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
3 August 2017 Yasuwe: 325 0