skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Harmonize yizihije isabukuru y’amavuko akina ‘Biyari’ n’umukunzi we utwite-AMAFOTO

Ubwo yizhizaga isabukuru y’amavuko, umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania ndetse no muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba Harmonize yajyanye n’umukunzi we mu inzu nshya banaboneraho gukina...
12 July 2017 Yasuwe: 3581 1

The Ben yizeye Abanyarwanda mu guhitamo Umukuru w’Igihugu ubereye u Rwanda

Imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu mu Rwanda irarimbanyije ndetse ubu harabura iminsi 22 ngo Abanyarwanda haba abakuru n’abato batore Umukuru w’igihugu uzakomeza kubayora mu myaka irindwi...
12 July 2017 Yasuwe: 558 0

Masamba yahagaritse bimwe mu bitaramo nyuma yo guhamagarwa mu bazaherekeza Perezida Kagame mu bikorwa byo kwiyamamaza

Masamba Intore yabwiye abatuye mu mijyi ya Dallas na Texas ko atazaboneka mu gitaramo yagomba kuzaririmbamo bitewe n’uko ari umwe mu bahanzi batoranyijwe bagomba guherekeza Perezida Kagame mu...
11 July 2017 Yasuwe: 2571 1

Gasabo: Polisi y’u Rwanda yamuritse ikibuga cy’umupira yubakiye abatuye i Gikomero

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yamurikiye abaturage b’umurenge wa Gikomero akarere ka Gasabo ikibuga cy’umupira w’amaguru yabubakiye, kikaba ari kimwe...
11 July 2017 Yasuwe: 1669 1

Ghana: Umugabo wabyaye abana 100 ku bagore be 12, yibeshye ku mukobwa we amusuba ko baryamana

Kofi Asilenu, w’imyaka 80 y’amavuko ni umugabo ukomoka mu gihugu cya Ghana hafi y’umurwa mukuru wa Accra, amaze kubyara abana 12 avuga ko agishaka kongera urubyaro ndetse ngo mu minsi ishize...
11 July 2017 Yasuwe: 3896 0

Kitoko ngo siwe urota ageze mu gihugu cy’amavuko

Kitoko uri mu ndege agaruka mu Rwanda nyuma y’imyaka igera kuri ine, yatangaje ko amasaha atinze ngo agera mu gihugu cy’amavuko yari akumbuye, ngo akumbuye kongera guhoberana n’abafana be...
11 July 2017 Yasuwe: 1732 2

Akon yemeje ko azitabira Youth Konnekt Africa Summit 2017 izabera mu Rwanda

Icyamamare Akon, umuririmbyi wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ufite inkomoko muri Senegal yemeje ko azaza mu Rwanda kwitabira “Youth Connekt Africa Summit" izaba tariki 19 -21 Nyakanga 2017....
11 July 2017 Yasuwe: 940 0

Anita yaba asigaye abana n’umukunzi we mu gihe bitegura kwibaruka imfura

Biravugwa ko Anita Pendo asigaye abana na Ndanda mu nzu imwe nk’umugabo n’umugore, ngo aba bombi baranitegura gukora ubukwe bagahuza imiryango yabo. Anita asanzwe ari umunyamakuru, Dj ndetse...
11 July 2017 Yasuwe: 5494 2

Minisitiri Busingye yavuguruje ibivugwa ko mu Rwanda hari ‘Umwuka w’ubwoba’

Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta ndetse anafite Polisi y’Igihugu mu nshingano ze, yamaganiye kure raporo Amnesty International iherutse gusohora ivuga ko...
11 July 2017 Yasuwe: 1115 2

Kitoko agarutse mu Rwanda mu bikorwa by’amatora

Nyuma y’imyaka igera kuri ine; Musabwa Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 12 Nyakanga 2017. Kitoko aherutse gushyira hanze...
11 July 2017 Yasuwe: 1525 0