Umuririmbyikazi Rihanna wo muri Canada yatangiye gucuruza ibirungo bishyirwa ku minwa y’abakobwa “Rouge à lèvres” yakoze ashingiye ku ibara ry’imihango y’abagore.
Ibi birungo, Rihanna yabyise...
Kuva ku itariki ya 20 kugeza kuya 21 Ukuboza 2017, ibihugu bihuriye mu muryango uhuza Polisi mpuzamahanga (Interpol) byo mu muryango uhuza abayobozi bakuru ba za Polisi zo mu bihugu byo mu...
Umuririmbyi Sat –B ukomoka mu gihugu cy’u Burundi ariko ukunze kuza mu Rwanda kenshi, aravuga ko yiteguye gukwa umukobwa wa Gen.Bunyoni ndetse ko icyo byamusaba cyose yiteguye kugitanga.
Uyu...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 29 Ukuboza 2018 nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje urutonde rw’abakinnyi 23 bazitabira imikino ya CHAN iteganyijwe kubera muri Maroc kuva taliki ya 12...
Umugore wo mu gihugu cya Kenya akomeje guteza urujijo n’umwiryane mu rugo rwa Diamond nyuma yo kumara iminsi akambitse imbere y’urugo rw’uyu muhanzi n’umugore we Zari The Lady Boss bafitanye abana...
Nyuma yo kuba igisonga cya mbere cya Miss Africa Calabar 2017 agahembwa miliyoni 8 z’amafaranga y’u Rwanda, umunyarwandakazi Fiona Muthoni Naringwa ni umwe mu bitabiriye ibirori bikomeye...