Nyakubahwa Barikana Eugene,umudepite watangaje ko yafashe igihe cye gihagije n’ubwo asanzwe ari umukristu wo muri Gaturika,yazaga mu materaniro yo kwa Bishop Rugagi bucece, agambiriye kureba koko...
Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwategetse ko Umufaransa w’imyaka 56 y’amavuko ukomoka mu Rwanda witwa Muhayimana Claude agomba kuburanishwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994....
Itsinda ry’abadepite 9 n’abakozi 2 bo mu nteko ishinga amategeko ya Burkina faso bari mu rugendo shuri rw’icyumweru mu Rwanda. Bemeza ko hari byinshi biteze kuzungukira ku Rwanda, cyane cyane...
Ingabo z’u Rwanda (RWANBATT50) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Muryango w’Afurika yunze ubumwe mu bufatanye n’Umuryango w’Abibumbye mu majyaruguru y’Intara ya Darfur, zashyikirije...