I Kigali hateraniye inama y’iminsi 2 ihuje aba Perezida ba za komisiyo z’amatora baturutse mu bihugu bya Afrika. Abateraniye muri iyi nama bakaba baganira ku ruhare rw’izi komisiyo mu gutuma...
Mu mwaka wa 2015 nibwo izina ry’uyu mukobwa ryagaragaye ku rutonde rw’abakobwa bahatanira ikamba ryo kuba Nyampinga w’u Rwanda, icyo gihe ari mu baserukiye intara y’amajyepfo. Bagwire ntiyabashije...
Mu ntara y’Iburasirazuba- Mu Karere ka Bugesera Mu Murenge wa Gashobora; abagore babiri bari Abanyeshuri muri Groupe Scolaire Dihiro baravuga ko batotejwe n’imiryango yabo bakimara gusama,umwe...
Umusore witwa John Gichuhi w’imyaka 21 y’amavuko ukomoka mu gace ka Thika yatoye umukuru w’Igihugu cya Kenya akoresheje amaguru ye.Ibintu byakoze ku mutima ya benshi binagera kuri ny’ir’ubwite...
Eugene Anangwe wamenyakanye nk’umunyamakuru watangiye ibiganiro byo mu rurumi rw’icyongereza aho yatangiriye uyu mwuga kuri Contact Fm, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yatunguye umukunzi we...