Jacob Zuma w’ imyaka 75 y’ amavuko ubaye Perezida wa 3 wo muri Afurika wegujwe mu gihe cy’ amezi 13 yavuzweho byinshi haba mu mateka ye ndetse no ku butegetsi bwe. UMURYANGO wabateguriye ibintu 7...
Isura u Rwanda rufite ubu mu ruhando mpuzamahanga itandukanye n’iyo rwahoranye kandi iraba nziza umunsi ku wundi nyuma ya jonoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ese ni iki kigize u Rwanda...
Imiryango itandukanye n’ibihugu bikomeje gusaba ko Leta y’Ubufaransa yagira uruhare mu kohereza abakekwaho uruhare muri jonoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, ndetse no gutanga amadosiye asobanura...
Muri iki gihe umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe uhangayikishijwe no gukora impinduramatwara ku mugabane wa Afurika mu ngeri zitandukanye z’ubuzima bwa muntu zirimo ubukungu, imibereho by’abatuye...
Imyaka ikabakaba ibiri irashize mu Rwanda hinjijwe ikoranabuhanga mu kwishyura ingendo mu modoka rusange mu mujyi wa Kigali ryiswe “Tap and go”aho abagenda muri izi modoka basigaye bishyura...