skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Sunny yasabye abanyarwanda guca inkoni izamba ku mahano yakoze mu gihe umusore biteguraga gukora ubukwe yahise amukatira

Umuhanzikazi Ingabire Sunny Dorcas uri mu bakizamuka mu muziki Nyarwanda aho azwi ku mazina ya Sunny, nyuma yo kuba yarashyize ku karubanda ubwambure bwe mu kiganiro kiri mu buryo bwa ’live’...
25 June 2020 Yasuwe: 6548 2

Abatuye muri Gitega basabwe kuzahagarara ku muhanda bakunamira Perezida Nkurunziza

Guverinoma y’u Burundi yasohoye itangazo rikubiyemo gahunda izakurikizwa mu muhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, uteganyijwe ku wa Gatanu tariki 26 Kamena 2020.
24 June 2020 Yasuwe: 4125 5

Umuhanzikazi nyarwanda Sunny yasabiwe imbabazi n’umuyobozi we k’ubw’ubwambure bwe[AMAFOTO+VIDEO]

Umuhanzikazi Sunny Dorcas uri muri Kenya, yatunguranye ubwo yarimo aganira n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram, avanamo imyambaro yose yerekana ubwambure bwe none yasabiwe imbabazi.
24 June 2020 Yasuwe: 8688 0

Mukadata ari kunsaba ko turyamana kugira ngo yemerere data kundihira kaminuza, nkore iki ?

Ndi umusore w’imyaka 21 nasoje kwiga amashuri yisumbuye gusa sinagize amahirwe yo kwiga kaminuza kugeza ubu kuko ntigeze mbona buruse ya leta, n’umubyeyi wanjye[papa] yanze kundihira nyuma nza...
24 June 2020 Yasuwe: 3944 6

Igerageza ry’urukingo rwa Coronavirus rigiye gutangirira muri Afurika

Igerageza rya mbere ry’urukingo rwa Coronavirus rigiye gutangira muri Afurika y’Epfo. Ibi byatangajwe na Kaminuza ya Wits y’i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, rikaba ari na ryo gerageza rya mbere...
24 June 2020 Yasuwe: 1742 0

Reba impamvu isigaye ituma abasore birukira abakobwa bateye amabengeza

Umukobwa w’ikizungerezi akenshi usanga hari abasore benshi baba bamushaka ubutitsa, usanga telefoni ihora isona bamuhagara cyangwa bamwandikira ubutumwa bugufi. Usanga ku mbuga nkoranyambaga...
24 June 2020 Yasuwe: 4484 1

Umukobwa wakundanaga n’uwo bahuje igitsina yishe umugore we nyuma yo kumufatira mu cyuho aryamanye n’umugabo

Muri leta ya Delta muri Nigeria, umukobwa ukundana n’uwo bahuje igitsina witwa Spicy Vee yishe umugore we Vivian amuteye icyuma ubwo yari amaze kumufatira mu cyuho aryamanye n’umugabo.
24 June 2020 Yasuwe: 4795 0

Perezida Museveni n’umufasha we bunamiye nyakwigendera Pierre Nkurunziza

Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 23 Kamena 2020 muri Ambasade y’u Burundi iri i Kampala, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yunamiye uwari umuyobozi w’u Burundi, Pierre Nkurunziza uherutse gutabaruka...
24 June 2020 Yasuwe: 3686 0

Namuhaye ubusugi bwanjye habura icyumweru ngo turushinge bikurizamo guhita anyanga,NKORE IKI?

Burya gukunda no gukundwa biraryoha, hari igihe kigera kubera urukundo abakundana bagakora imibonano mpuzabitsina, rimwe na rimwe bikagira ingaruka zitandukanye zirimo kuba hashobora kuvamo gutwita...
23 June 2020 Yasuwe: 6072 4

Vanessa Mdee yasubije abavugaga ko atwite avuga n’impamvu yaretse umuziki

Umuhanzikazi wo muri Tanzaniya, Vanessa Mdee, yasubije ku makuru yakwirakwijwe cyane ko atwite kandi ategereje kwibaruka umwana we wa mbere n’umukunzi we Rotimi wo muri Nigeriya-Amerika.
23 June 2020 Yasuwe: 2247 0