Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye cyane ibyandikira i Yeruzalemu muri Isiraheli, biteganyijwe ko abahanga kabuhariwe mu byo kuvumbura imiti n’inkingo bo mu gihugu cya Isiraheli mu minsi...
Polisi yo muri Afrika y’Epfo yataye muri yombi umu Pastiteri witwa Rufus Phala wahaye abayoboke be umuti wo gusukura mu nzu, ababwira ko batazandura icyorezo cya COVID-19, 59 mu bawunyweye...
Perezida wa Leta zuzne ubumwe za Amerika Donald Trump yahagaritse inama yagombaga kuzahuza ibihugu 7 by’ ibihangange ku Isi (G7), ikabera ku kigo kitiriwe David kitwa (Camp David) nk’uko ibiro bya...
Paseka Motsoeneng wamenyekanye ku izina rya Pasiteri Mboro yavuze ko mu mwaka wa 2019 Imana yari yaramubwiye ko muri uyu mwaka wa 2020 hazaba icyorezo cya...
Polisi mu gihugu cya Zambia yataye muri yombi bamwe mu bayobozi b’amatsinda ya WhatsApp bazira kurenga kuri zimwe mu ngingo zigize igitabo cy’amategeko ahana muri iki gihugu, harimo gusebanya,...
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yahaye gasopo abaturage be ababwira ko umuntu wese uzagerageza kwica ibwiriza ryo kuba mu kato bitewe n’icyorezo cya Coronavirus aka kavamo, azahanishwa...